Amizero
Amakuru Ubutabera

RIB yataye muri yombi Padiri mukuru wa Paruwasi Gatorika ya Rwamagana.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Padiri mukuru wa Paruwasi Gatolika ya Rwamagana, aho akurikiranyweho kubika amafaranga menshi yari yibwe n’abandi bantu.

Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yemereye IGIHE dukesha iyi nkuru ko uyu mupadiri yatawe muri yombi.

Yagize ati: “Padiri Mukuru wa Paruwasi ya Rwamagana afunzwe na RIB, akurikiranyweho kubika amafaranga menshi yari yibwe n’abantu. Ubu arafunze mu gihe iperereza riri gukorwa”.

Amwe mu makuru ava mu baturage bo mu Karere ka Rwamagana avuga ko kuva ku Cyumweru aribwo abantu batandukanye batangiye gutabwa muri yombi, hari urugo rw’umwe mu baturage akanaba bene wabo n’uwo mupadiri rwasanzwemo amafaranga menshi.

Iperereza ngo ryarakomeje birangira bagiye gusaka uyu mupadiri na we asanganwa amafaranga menshi bivugwa ko yari yibwe nawe ahita atabwa muri yombi.

Bivugwa ko umwe mu bafitanye isano na Padiri wari wanamusuye akanarara iwe ariwe wibye ayo mafaranga aza kuyabitsa uwo mupadiri ukuriye Paruwasi ya Rwamagana iherereye muri Diyosezi ya Kibungo mu Ntara y’Iburasirazuba.

Related posts

Milwaukee Bucks na Phoenix Suns ku mikino ya nyuma ya NBA: Ninde uzegukana igikombe cy’uyu mwaka?

N. FLAVIEN

Perezida Macron yagiranye ikiganiro na Perezida Kagame na Félix Tshisekedi.

Muntu Clarisse

Ubuhamya bw’umusaza w’imyaka 82 wagendanaga iradiyo ivuga cyane agamije kureshya abakobwa.

ISHIMWE Elyse Naise

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777