Amizero
Ahabanza Amakuru Imikino

Partiots BBC itangiranye intsinzi muri BAL (Amafoto )

Mu mukino ufungura irushanwa rya BAL riri kubera i Kigali guhera kuri uyu wa 16 Gicurasi, Patriots BBC ihagarariye u Rwanda yisasiye  Rivers Hoopers yo muri Nigeria iyitsinda amanota 83 kuri 60.

Uyu mukino watangiye ku isaha ya saa kumi zuzuye ku isaha yo mu Rwanda wahuje amakipe ya Patriots BBC ihagarariye u Rwanda na  Rivers Hoopers yo muri Nigeria ziri mu itsinda A.

Uduce 4 tugize umukino turangiye Patriots yegukanye itsinzi ku manota  83 kuri 60 ya Rivers Hoopers. Aga ka mbere karangiye Rivers hoopers iyoboye n’amanota 18 kuri 17, mu gace ka kabiri Patriots BBC itsinda manota 26 kuri 16, agace ka gatatu Patriots BBC itsinda manota 22 kuri 10 mu gihe agace ka nyuma Patriots BBC yatsinda amanota 18 kuri 14 ya Rivers hoopers.

Umuhanzi w’injyana ya Rap J. Cole ari mu ikipe ya Patriots

Umukinnyi Brandon Costner wa Patriots niwe watsinze amanota menshi muri uyu mukino, aho yatsinze amanota 20, akurikirwa na Taren Valdis Sullivan wa Rivers hoopers watsinze amanota 15 naho Ndizeye Dieudonne wa Patriots atsinda 13.

Mu mukino wayo wa kabiri Patriots BBC y’umutoza Alan Major izacakirana na GNBC kuri uyu wa gatatu tariki ya 19 Gicurasi 2021 saa munani z’amanywa.

Mu muhango wo gutangiza irushanwa amakipe yose yari ahagarariwe
Hagumintwari Steve acungana n’uwo bahanganye
Imbaraga zari nyinshi ku mpande zombi
Prince Ibeh ukinira u Rwanda yari ahanganye n’ikipe yo mu gihugu cy’amavuko
Umutoza Alan Major atanga amabwiriza mu karuhuko
Gasana Kenneth agenzura umupira
Abasusurutsa abafana mu karuhuko bashimishije benshi
Steve yagaragaje umukino mwiza
Brabdon Costner niwe watsinze amanota menshi mu mukino (20)
Ni bafana bake bakurikiye uyu mukino kubera ingamba zo kwirinda Covid19
Ikibuga cya Kigali Arena mu birango bya BAL
Nshobozwa J.J Wilson ni umwe mu bakinny beza u Rwanda rufite
Abakinnyi n’abatoza b’andi makipe bakurikiranye uyu mukino
Sinjye wahera…

Related posts

Mugisha Moïse yakoze impanuka y’igare muri Tokyo Olympics 2020.

N. FLAVIEN

Ikibazo cy’umutekano wa DR Congo cyahagurukije Israel ifatwa nk’igihangage mu bya gisirikare.

N. FLAVIEN

Al Masry SC ikinamo Mugisha Bonheur yananiwe kubona amanota atatu imbumbe

KALISA

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777