Amizero
Amakuru Amakuru mashya Politike Ubukungu Ubutabera

U Rwanda rwemeye umwanzuro w’urukiko ku kirego rwarezemo Ubwongereza

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Madame Yolande Makolo, yatangaje ko u Rwanda rwemera icyemezo cy’urukiko rw’ubuhuza rw’i La Haye mu Buholandi kandi ko “rufata ikibazo nk’ikirangiye”.

Urukiko rwanzuye ko Ubwongereza butagomba kwishyura u Rwanda miliyoni z’amapawundi rwari rwasabye mu kirego ku masezerano guverinoma ya Minisitiri w’Intebe Sir Keir Starmer yasheshe akigera ku butegetsi.

Leta y’u Rwanda yareze isaba kwishyurwa miliyoni 100 z’amapawundi, ivuga ko Ubwongereza bwanyuranyije n’ingingo z’ayo masezerano.

Ayo masezerano yari yasinywe mbere na guverinoma y’Abagendera ku mahame akomeye ya kera. Yarimo ko u Rwanda rwagombaga kwakira abimukira bageze mu Bwongereza mu buryo bunyuranyije n’amategeko, iki gihugu kikishyura ikiguzi cy’imibereho yabo igihe bari kuba bari mu Rwanda.

Madame Yolande Makolo avuga ko “u Rwanda ruzakomeza gukorana n’abafatanyabikorwa mpuzamahanga, hubahirizwa amahame mpuzamahanga kandi hagamijwe inyungu z’impande zombi.”

Related posts

M23 yarahiriye guhagarika Jenoside iri gukorerwa abatutsi mu Burasirazuba bwa DR Congo.

N. FLAVIEN

Habayintwali Valens wari umunyeshuri muri Kaminuza y’u Rwanda yasanzwe mu nzu yapfuye.

N. FLAVIEN

Perezida Tshisekedi wari umaze igihe gito avuye muri Angola yasubiyeyo.

Muntu Clarisse

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777