Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Imikino

Pavelh Ndzila uheruka gutandukana na APR FC mu muryango winjira muri Rayon Sports.

Umuzamu w’Umunye-Congo Brazzaville uheruka gutandukana na APR FC ashobora kwerekeza mu ikipe ya Rayon Sports itaranyuzwe na Idrisa Kouyate wayisinyiye muri iyi mpeshyi na Ndikuriyo Patient uhasanzwe.

Tariki 09 Nyakanga 2023 ni bwo ikipe ya APR FC yatangaje ko yasinyishije umuzamu Pavelh Ndzila amasezerano y’imyaka ibiri. Uyu muzamu usanzwe ari n’umuzamu wa Repubulika ya Kongo, yinjiye muri APR FC avuye muri Étoile du Congo.

Tariki ya 14 Kamena 2025, iyi kipe yasohoye urutonde rw’abakinnyi batandatu itazakomezanya na yo. Abo bakinnyi barimo Taddeo Lwanga, Victor Mbaoma, Nshimirimana Ismaël Pitchou, Kwitonda Alain ‘Bacca’, Ndayishimiye Dieudonné na Pavelh Ndzila.

Pavelh Ndzila ku mugoroba washize ni bwo amafoto yakwirakiye ku mbuga nkoranyambaga ari kumwe na Perezida wa Rayon Sports Thadee Twagirayezu. Aya mafoto n’ubwo yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga, yaba umukinnyi ndetse n’ikipe nta ruhande rurigera rutangaza iby’isinya rya Pavel.

Kuri uyu wa Gatanu, Ikipe ya Rayon Spots saa kumi n’ebyiri irakina na Young Africans mu mukino w’Umunsi w’Igikundiro, amakuru agezweho ni uko Pavelh ashobora kugaragara muri uyu mukino nk’uko byatangajwe mu kiganiro Urubuga rw’Imikino kuri Radio Rwanda.

Umunyamakuru Hubert yagize ati: “Pavelh ibiganiro yagiranaga na Ryon sports ku munsi w’ejo ni bwo byashyizweho akadomo kubera ko ibyo yifuzaga n’ibyo Rayon Sports yamuhaga harimo ikinyuranyo gito baza kubihurizaho. Bamaze kumvikana byose byose baramuha.”

Uyu muzamu ku ngingo yo kuza kugaragara ku mukino w’uyu munsi Hubert yavuze ko na byo bishoboka mu gihe yaba ahawe amafaranga kuko adashaka gusinya ku ideni. Ati: “Pavelh aravuga ngo murantangaza ari uko amafaranga yose twumvikanye nyafite. Bari (Aba-rayon) gushaka uburyo bayamwishyura kugira ngo aze kugaragara muri Rayon Day.”

Related posts

Perezida Kagame yahishuye icyatumye u Rwanda rushyiraho uruganda ruzakora inkingo za Covid

N. FLAVIEN

Itsinda ry’abanyeshuri ba Kaminuza ya Wharton muri Village urugwiro.

Muntu Clarisse

Niyonsenga Dieudonné wiyise Cyuma Hassan yakatiwe igifungo cy’imyaka 7 n’ihazabu ya Miliyoni 5.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777