Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Hanze Politike Uburezi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yemeje kwikura muri UNESCO.

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuze ko izava mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku burezi, ubumenyi n’umuco (UNESCO), irishinja gushyigikira ibitekerezo byo gucana ku maso, bicamo abantu ibice mu by’umuco n’imibereho.

Umuyobozi mukuru wa UNESCO, Audrey Azoulay, yavuze ko icyo cyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika kibabaje ariko ko cyari cyitezwe.

Icyo cyemezo ni cyo cya vuba aha cyane mu bikorwa by’ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump byo gucana umubano n’imiryango mpuzamahanga, nyuma yo gukura iki gihugu mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, OMS no mu masezerano ku kubungabunga ibidukikije ya Paris, no kugabanya inkunga mu bikorwa by’ubutabazi bwo mu mahanga.

UNESCO ifite Ibihugu binyamuryango 194 ku Isi, ndetse izwi cyane ku gushyira ku rutonde imirage inyuranye yo ku Isi. Icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika kizashyirwa mu bikorwa guhera mu kwezi kwa 12 (Ukuboza) umwaka utaha wa 2026.

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuze ko umurongo w’ibitekerezo bireba Isi ugamije iterambere mpuzamahanga wa UNESCO unyuranyije na gahunda yabo y’ububanyi n’amahanga ishyira Amerika imbere ya byose.

Iyi minisiteri yanavuze ko kuba UNESCO yarashyize Palestine mu banyamuryango bayo mu mwaka wa 2011, biteje ikibazo gikomeye, binyuranyije na gahunda ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ndetse byagize uruhare mu ikwirakwira muri uwo muryango ry’imvugo irwanya Israel.

Umukuru wa UNESCO, Audrey Azoulay, yavuze ko ibyo bivugwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bitandukanye n’ukuri kw’ibikorwa bya UNESCO, by’umwihariko mu rwego rwo kwigisha Jenoside yakorewe Abayahudi no kurwanya urwango ku Bayahudi.

Related posts

Indege z’igisirikare cya Israel zatabaye abafana basagariwe mu Buholandi.

N. FLAVIEN

Indege ya SU-30 y’Igisirikare cya Uganda yagabye igitero gikomeye muri DR Congo.

N. FLAVIEN

Ingabo za Israel zongeye kurasa ibisasu by’indege mu ntara ya Gaza.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777