Amizero
Ahabanza Amakuru Politike Umutekano

Mbere yo guhunga bava muri Kitshanga, FARDC n’abambari batwitse Umujyi wose.

Imirwano ikomeye mu Mujyi wa Kitshanga hagati ya M23 na FARDC n’abambari bayo, yasize Umujyi ari amatongo nyuma y’uko abasirikare ba FARDC n’abambari, bahisemo kuwangiza mbere yo kuwuhunga.

Imirwano ikarishye yabereye mu Mujyi wa Kitshanga muri Teritwari ya Rutshuru, yabaye mu gitondo cyo ku wa Kabiri tariki 24 Mutarama 2023, aho haramutse humvikana urusaku rw’amasasu y’imbunda nto n’inini.

Muri iyi mirwano kandi, ba bacanshuro bo muri Wagner Group yo mu Burusiya bongeye kugaragara, ariko noneho bagaragara bahunga bari mu modoka ya FARDC kuko umuriro w’Intare za Sarambwe wari ubaye ikibatsi.

Ku mugoroba wo kuwa Kabiri tariki 24 Mutarama 2023, M23 yatangaje ko yamaze kwinjira muri Kitshanga nyuma yo kuhirukana abasirikare ba FARDC bafatanyije n’imitwe y’inyeshyamba nka FDLR, Nyatura, CODECO ndetse n’abacancuro ba Wagner.

N’ubwo uyu Mujyi wafashwe na M23 ariko, amafoto yagiye hanze, agaragaza uyu Mujyi wabaye umuyonga bikavugwa ko abasirikare ba FARDC n’abarwanyi b’iriya mitwe, bahisemo gusiga batwitse inyubako ndetse na bimwe mu bikorwa biwurimo mbere y’uko bagenda.

Umujyi wa Kitchanga wahindutse amatongo.

Related posts

Tanzania: Perezida Suluhu yagize icyo atangaza ku gitero cyagabwe ku biro bya Polisi

N. FLAVIEN

Ngororero: Shisha Kibondo ikura abana mu mirire mibi yahindutse Shisha Bwana ku bwo kugwa neza abagabo.

N. FLAVIEN

Umutwe wa M23 wafashe imipaka ya Masisi na Rutshuru.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777