Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Ikoranabuhanga Trending News

Konti ya Twitter y’uwitwa ‘Minister of Happiness’ yafunzwe mu buryo bw’amanzaganya.

Umwe mu banyarwanda bamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga mu kugamburuza abasize bahekuye u Rwanda bihishe hirya no hino ku Isi, ari mu gahinda nyuma yuko konti ye ya Twitter ifunzwe mu buryo bw’amanzaganya.

Uwitwa Shyaka Vedaste, wamenyekanye kuri Twitter akoresha @DrMumbogoShyaka, yisanze Konti ye yafunzwe na Twitter ku mpamvu zitaramenyekana, bituma benshi mu bamukurikira bibaza byinshi, bamwe bibaza niba hari amabwiriza yaba yarenzeho, abandi bemeza ko byaba byakozwe n’abatarishimiye ibitekerezo yakundaga gutambutsa.

Mu kiganiro na WWW.AMIZERO.RW, bwana Shyaka Vedaste uzwi nka @DrMumbogoShyaka kuri Konti ya Twitter  “Minister of Happiness”, yavuze ko yizeye neza ko iyi Konti ye izafungurwa. Ati: “Nizeye ko Konti yanjye izafungurwa n’ubwo batambwiye impamvu bayifunze. Nabandikiye nsaba ko ifungurwa”.

Bimwe mu byo “Minister of Happiness” azwiho, harimo Kunyomoza abavuga u Rwanda uko rutari, kugaragaza ibyo u Rwanda rumaze kugeraho, gukundisha u Rwanda abataruzi, kwamagana abashaka gusubiza u Rwanda mu icuraburindi bapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi.

Bamwe mu bakurikira ubutumwa bwa “Minister of Happiness”, bakomeje gusaba ko iyi Konti yafungurwa kuko ngo bafite impungenge ko gufungwa kwayo byaba byagizwemo uruhare n’abatifuriza ineza u Rwanda. Bati: “Twizereko iyi Konti izafungurwa kuko hari ubutumwa bwinshi bwiza buyinyuraho”.

Mu rwego rwo gufasha abakunzi be kugirango ibyakorwaga bikomeze, Shyaka Vedaste akaba yabaye afunguye indi https://twitter.com/DrMumbogoShyaka nka Backup account, agamije ko abamukurikira batamubura burundu.

Iyi konti yafunzwe mu buryo na nyiri ubwite atamenye.

Iyi konti yari imaze kugira abayikurikira basaga ibihumbi 30
Iyi konti igitangira gukoreshwa.

 

Related posts

‘Mayogi Coffee Gicumbi’ urugero rw’abagore batinyutse bagashora imari ihesha ishema Igihugu.

N. FLAVIEN

RDF yarashe indege y’intambara ya Sukhoi-25 ya FARDC irashya ariko ibasha kugwa iwabo.

N. FLAVIEN

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Francis yasubukuye ibiganiro bya buri cyumweru agirana n’imbaga y’abemera imbona nkubone

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777