Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yashimiye Donald Trump ku ntsinzi ye mu matora yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabaye kuwa kabiri tariki 05...
Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe kurwanya no gukumira indwara, CDC, cyohereje mu Rwanda abahanga barufasha guhangana n’icyorezo cy’indwara y’umuriro mwinshi iterwa na...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yashyigikiye imvugo ye igaragaza kwibasira Donald Trump ndetse avuga impamvu byari ingenzi, mu kiganiro cye cya...
Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yarashwe ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza muri Leta ya Pennsylvania, gusa Imana ikinga ukuboko...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden yise Kenya inshuti ikomeye itari iyo mu muryango wo gutabarana w’Uburayi na Amerika (OTAN), bituma Kenya...
Amakuru akomeje kuvugwa aremeza ko Israel na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byari bisanzwe ari inshuti magara kuri ubu biri kurebana ay’ingwe nyuma y’aho Perezida...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatanze ubutumwa buvuga ko bamaganye ibikorwa bihutaza ikiremwamuntu bikomeje kugaragara mu ntambara ihuje umutwe wa M23 n’ingabo za Leta, FARDC....