Ibiro bya Perezida wa Angola byatangaje ko biteguye kwakira ibiganiro hagati y’intumwa za guverinema ya Repubulika ya Demukarasi ya Kongo n’umutwe uyirwanya wa M23 mu...
Abakuru b’Ibihugu byibumbiye mu muryango ugamije Iterambere no gutabarana muri Afurika y’Amajyepfo, SADC kuri uyu wa Kane tariki 13 Werurwe 2025, bashyize iherezo ku butumwa...
Perezidansi ya Repubulika ya Angola yatangaje ko nyuma y’uruzinduko ruto Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Antoine Félix Tshisekedi Tshilombo, yagiriye i Luanda, hemejwe...
Abarwanyi b’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, binjiye muri Teritwari ya Mwenga mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo igitutu gikomeza kwiyongera...
Umutwe w’iterabwoba wa FDLR (Forces Démocratiques de Libération du Rwanda) ukorera mu burasirazuba bwa DR Congo wemeje ko Brigadier Général Gakwerere wamenyekanye ku mazina atandukanye,...
Général de Brigade Gakwerere Jean Baptiste ariko hagaragaye ibyangombwa byanditseho Gakwerere Ezéchiel wamenyekanye ku yandi mazina arimo Sibomana Stany, Julius Mokoko ndetse na Sibo Stany...
Ihuriro AFC/M23 ryongeye gutangaza ko rigikomeye ku ihame ryimakaza amahoro binyuze mu buryo bw’ibiganiro na Leta ya DR Congo n’ubwo ingabo zayo (FARDC) n’abazifasha bakomeje...