Abarwanyi ba Wazalendo bagerageje kwinjira mu mujyi wa Bukavu bakomwa mu nkokora na M23.
Ingabo za M23, umutwe urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zasubije inyuma abarwanyi b’Ihuriro ry’imitwe yahurijwe mu cyiswe Wazalendo bacengeye mu mujyi wa...

