Leta ya Qatar yatangaje ko ishima ibyatangajwe na Leta y’u Rwanda na Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo byo kwiyemeza guhosha no kugabanya ubushyamirane...
Ibiro bya Perezida wa Angola byatangaje ko biteguye kwakira ibiganiro hagati y’intumwa za guverinema ya Repubulika ya Demukarasi ya Kongo n’umutwe uyirwanya wa M23 mu...
Abakuru b’Ibihugu byibumbiye mu muryango ugamije Iterambere no gutabarana muri Afurika y’Amajyepfo, SADC kuri uyu wa Kane tariki 13 Werurwe 2025, bashyize iherezo ku butumwa...
Perezidansi ya Repubulika ya Angola yatangaje ko nyuma y’uruzinduko ruto Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Antoine Félix Tshisekedi Tshilombo, yagiriye i Luanda, hemejwe...
Abarwanyi b’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, binjiye muri Teritwari ya Mwenga mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo igitutu gikomeza kwiyongera...
Umutwe w’iterabwoba wa FDLR (Forces Démocratiques de Libération du Rwanda) ukorera mu burasirazuba bwa DR Congo wemeje ko Brigadier Général Gakwerere wamenyekanye ku mazina atandukanye,...