Featured Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente avuga ko ibibazo byugarije Afurika muri iki gihe bisaba imyumvire mishya.
Ubwo yitabiraga inama ngarukamwaka y’Umuryango Mpuzamahanga, ‘Concordia’ uharanira iterambere ry’imibereho myiza, kuri uyu wa Gatatu tariki 22 Nzeri 2021, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Edouard...