Icyiciro cya nyuma cy’Ingabo 576 za SADC zari zimaze umwaka urenga mu butumwa bwa SADC muri DR Congo, SAMIDRC, zatashye kuri uyu wa Gatandatu tariki...
Leta y’u Rwanda n’iya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, basinyanye amasezerano y’amahoro aganisha ku muti w’ibibazo by’intambara bikaze imyaka mu burasirazuba bwa DR Congo. Gusinya...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye Olusegun Obasanjo wahoze ari Perezida wa Nigeria, baganira ku ngingo zitandukanye zirimo izireba akarere ndetse n’ibindi by’ingenzi ku mugabane...
Umuvugizi wa RDF, Burigadiye Jenerali Ronald Rwivanga, yatangaje ko umutwe w’ingabo witwa FDLR ukorera mu burasirazuba bwa DRC kuri ubu ufite abarwanyi bari hagati ya...
Umuhuzabikorwa w’ihuriro ‘Alliance Fleuve Congo’ (AFC) ribarizwamo M23, Corneille Nanga, yatangaje ko mu gihe cya vuba abarwanyi ba M23 babarizwa muri iri huriro AFC ari...
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ryemeye ko ingabo za SADC zatsinzwe urugamba mu mujyi wa Goma zikaba zari zarabuze uko...
Leta ya Qatar yatangaje ko ishima ibyatangajwe na Leta y’u Rwanda na Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo byo kwiyemeza guhosha no kugabanya ubushyamirane...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo bahuriye i Doha muri Qatar...