Amizero
Imyidagaduro

Niyo Bosco yatangaje itariki y’ubukwe bwe

Niyo Bosco yatangaje ubukwe bwe na Mukamisha Irene aherutse kwambika impeta mu minsi ishize bakiyemeza kurushinga  buzaba tariki 16 Mutarama 2026.

Ni amakuru Niyo Bosco umaze amezi asaga abiri yambitse impeta umukunzi we, yatangaje yifashishije imbuga nkoranyambaga gusa ntiyatangaho amakuru menshi.

Ubu bukwe bugiye kuba nyuma yuko tariki 17 Nzeri 2025, Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere mu birori byabereye ahitwa Hotel La Palisse Gashora.

Niyo Bosco yahamije ko yifuzaga gukora iki gikorwa papa we akiriho, icyakora ntibyamuhira.

Ku rundi ruhande Niyo Bosco yongeye gushimangira urukundo afitiye umukunzi we,  avuga ko amukunda kandi cyane!”

Niyo Bosco yatangaje umunsi ubukwe bwe n’umukunzi we baherutse kwemeranya kurushinga buzabera

Related posts

Uruhurirane rw’ibyishimo muri Korali Bethlehem yizihiza imyaka 60 imaze ivuga ubutumwa bwiza mu ndirimbo.

N. FLAVIEN

Serigio Ramos yageneye ubutumwa Perezida wa Real Madrid abinyujije mu ndirimbo

KALISA

Chorale Lebanon EAR Kivu yemezako kuririmba neza bitagombera kuba utuye mu Mujyi cyangwa se kuba usengera mu Idini runaka [VIDEO].

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777