Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Politike Umutekano

Minisitiri Nduhungirehe yamaganye ikinamico ya FARDC ku musirikare wiswe umunyarwanda.

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yahakanye ibirego byatangajwe n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), bivuga ko cyafashe umusirikare w’u Rwanda afatanya n’umutwe wa M23 ku rugamba.

Ambasaderi Nduhungirehe yavuze ko ibi birego nta shingiro bifite, ashimangira ko ari ikinamico idacuzwe neza n’ikinyoma cyambaye ubusa.

Yatanze ibimenyetso byerekana ko uwo musirikare wagaragajwe adashobora kuba ari uwo mu ngabo z’u Rwanda, aho atagaragaza nimero ye cyangwa umwirondoro wemewe mu gisirikare cy’u Rwanda.

Yanashimangiye ko amazina y’ahantu bivugwa ko uwo musirikare akomoka, arimo “Lokarite ya Ngororero” muri “Teritwari ya Kazabi,” ataba mu Rwanda kuko imitegekere y’u Rwanda itagira uturere n’imirenge bifite izo nyito.

Minisitiri yibukije ko ibi atari ubwa mbere FARDC itangaje ibinyoma nk’ibi, kuko no mu bihe byashize yakoreshaga abantu batagaragara nk’abasirikare mu bigaragara kugira ngo ishinje u Rwanda bidafite gihamya.

Minisitiri Nduhungirehe yavuze ko ibi byose bigaragaza uburyo igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC gishingiye ku binyoma mu rugamba kiri kurwanamo na M23.

Related posts

U Rwanda rwateye utwatsi ubusabe bwo kurekura Paul Rusesabagina.

N. FLAVIEN

Ethiopia: Leta ivugako TPLF itavuye mu Ntara za Amhara na Afar ku bushake ko ahubwo yakubiswe inshuro.

N. FLAVIEN

Amateka y’Umunyekongo wamamaye muri NBA uherutse kwitaba Imana.

KALISA

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777