Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Ibidukikije Ubushakashatsi

Kutumvikana gukabije mu nguge zo muri Uganda byabyaye intambara ikomeye hagati yazo

Itsinda rya mbere rinini cyane ku Isi rizwi ry’inguge zo mu gasozi, ryacitsemo ibice ndetse rimaze imyaka umunani riri mu ntambara ikaze hagati yazo, nkuko bitangazwa n’abashakashatsi.

Ntibisobanutse neza impamvu uyu muryango w’inguge wa Ngogo wahoze ubana neza muri Parike y’Igihugu ya Uganda yitwa Kibale National Park ubu rwabuze gica hagati yazo, ariko guhera mu mwaka wa 2018 abahanga muri siyansi bavuga ko babaruye inguge 24 zishwe, zirimo n’impinja 17.

Aaron Sandel, wayoboye ubwo bushakashatsi, yagize ati: “Izi zari inguge zafatanaga mu biganza. None ubu ibyo byavuyeho zirimo kwicana umusubirizo.”

Ubwo bushakashatsi, bwatangajwe mu kinyamakuru cy’ubushakashatsi buba bwabanje kugenzurwa n’abandi bahanga bo muri urwo rwego cyitwa Science, buvuga ko ubukana bw’ubwo rugomo n’igihe rumaze bishobora gutanga amakuru ku kuntu intambara mu bantu babayeho mbere yadutse.

Sandel, inzobere mu mateka y’imibereho ya muntu n’uko yagiye ahindagurika (anthropology) wigisha kuri Kaminuza ya Texas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umwe mu bayoboye uwo mushinga w’ubushakashatsi ku muryango wa Ngogo, avuga ko inguge zirinda ubutaka bwazo cyane, ndetse ko zigirana amakimbirane n’izo mu yandi matsinda.

Yavuze ibiba byaba ari nk’ubwoba bw’abo zitazi. Gusa yongeraho ko mu myaka ibarirwa muri za mirongo ishize, inguge hafi 200 zo mu muryango wa Ngogo zabanaga neza nk’uko tubikesha BBC.

Izi nguge zari zigabanyije mu matsinda abiri, abo bashakashatsi bazi nk’itsinda ry’Uburengerazuba n’iryo Hagati ariko muri rusange zabagaho nk’itsinda ryunze ubumwe.

Pariki y’Igihugu ya Kibale, iherereye mu burengerazuba bwa Uganda hafi ya Fort Portal, icumbikiye inkende zo mu gasozi zisaga 1500 n’andi moko 12 y’inkende. Iyi Parike ifite ubuso bwa km² 795 z’ishyamba ritoshye, hakaba ahantu heza ho gukurikirana inkende, kuzimenyera no kuzireba kuko unahasanga amoko arenga 375 y’inyoni.

Related posts

FARDC yarenze ku myanzuro ya UN igaba ibitero ku birindiro by’Umutwe wa M23.

N. FLAVIEN

Donald Trump yatangaje igihe tombora y’Igikombe cy’Isi cya 2026 izabera.

KALISA

Musanze: Umukozi w’Akarere wahinduye urwibutso ahabikwa ibikoresho yatawe muri yombi.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777