Perezida Tshisekedi yabwiye urubyiruko ko Igihugu kiri mu kaga arusaba kuba maso.
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yasabye urubyiruko rw’umujyi wa Kipushi, uzwiho ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu ntara ya Haut-Katanga, kugira ubushishozi no...

