Abasirikare b’umutwe wa M23 bari kugendera ku muvuduko udasanzwe binjiye mu gace (umujyi muto nk’uko muri DR Congo bahita) ka Kamanyola kari ku mupaka wa...
Abarwanyi b’umutwe wa M23 bamaze kwinjira mu mujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,...
Ibihugu bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Burundi ntibyitabiriye inama y’iminsi ibiri, yahurije i Kigali mu Rwanda impuguke mu bya gisirikare zo mu muryango...
Nyuma yo guhurira muri Tanzania ku wa Gatandatu tariki 08 Gashyantare 2025, abagize EAC na SADC bakemeza ibigomba gukorwa vuba na bwangu birimo no gufungura...
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko kubera ubushotoranyi bw’u Rwanda, yafashe umwanzuro wo gufunga ikirere cyayo ku ndege zose z’u Rwanda ndetse...
Mu burakari bukabije, abatuye n’abaturiye umujyi wa Bukavu uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo ukaba ari nawo murwa mukuru wayo bahaye ingabo za Repubulika Iharanira...
U Rwanda rwafashije Afurika y’Epfo gucyura imirambo y’abasirikare bayo bagera kuri 14 baguye ku rugamba mu burasirazuba bwa DR Congo mu rugamba barwanamo bafasha ingabo...