Umuraperi wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Fatman Scoop, wakunzwe n’abatari bake kubera indirimbo ye yasohoye mu 2003 yitwa Be Faithful, ubwo yari ku...
Leta y’u Burusiya yafashe umwanzuro ntakuka ko igiye gukura muri Burkina Faso abarwanyi 100 bo ku rwego rwo hejuru bo mu mutwe wabwo witwara gisirikare,...
Igihugu cya Namibia giherereye muri Africa y’Amajyepfo cyaketse ko ubwato butwaye ibikoresho bya gisirikare bigiye muri Israel gukoreshwa mu ntambara ya Gaza maze kibubuza guhagarara...
Mu majyepfo ya Jordanie, rwagati mu misozi y’i Yudaya n’Ikibaya cya Yorodani, niho hari Inyanja yiswe iy’umunyu, ikaba igice cy’Isi kiri hasi kurusha ibindi. Ni...
Uburakari ni bwinshi mu baturage ba Ethiopia nyuma y’ifatwa ku ngufu ririmo ubugome ndetse n’iyicwa ry’umwana w’umukobwa w’imyaka irindwi, benshi bakaba bavuga ko igihano uwamufashe...
Perezida Brice Oligui Nguema w’inzibacyuho wa Gabon yabujije abagize Guverinoma akuriye kujya mu biruhuko mu mahanga, ingingo igendanye na politike agarukaho kenshi y’ubutegetsi bwegereye abaturage....
Guverinoma ya Kenya irateganya kugarura undi mushinga w’itegeko w’imisoro n’amahoro iri mu byateje imyigaragambyo ikomeye mu kwezi kwa Gatandatu gushize, ihitana abantu byibura 50. Ni...
Mu ijoro ryakeye rishyira kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Kanama 2024, muri Gurupoma ya Bijombo ahazwi nko ku Ndondo, muri Teritwari ya Uvira, habaye...