Abaturage ba Sudani bagera kuri 50 bishwe mu gitero cyagabwe n’abarwanyi bigometse kuri Leta bitwa Rapid Support Forces (RSF) mu biturage byo muri Leta ya...
Kuri uyu wa Kane tariki 17 Ukwakira 2024, Sena ya Kenya yanditse amateka ubwo yatoye kuvanaho Visi Perezida Rigathi Gachagua wari umaze iminsi agarukwaho cyane...
Abayobozi bo mu nzego nkuru za Cameroun baburiye ibinyamakuru byo muri iki gihugu ko bikwiye guhagarika ibyo kwandika no kuvuga inkuru ku buzima bw’Umukuru w’Igihugu,...
Umusore witwa Semahoro wo mu bice bya Gahwera ho muri Komine ya Minembwe mu misozi miremire y’Imulenge ingabo za FARDC zamufunze zimuziza uko yaremwe, nk’uko...
Abagenzi batunguwe no kumva ko umupilote wa sosiyete ikora ingendo zo mu kirere ya Turkish Airlines, yapfuye ubwo yari atwaye indege mu rugendo ruva muri...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasabye ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo kubahiriza ibyo bwemeranyijeho n’u Rwanda hashingiwe ku masezerano y’i Luanda. Ni ubusabe bwatanzwe...
Visi perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua yatangaje ko hari imirongo ya Bibiliya irimo kumufasha muri ibi bihe bigoye byo kweguzwa ku butegetsi, kandi avuga ko...
Ibinyujije mu itangazo yashyize hanze ku gicamunsi cyo ku wa gatatu tariki 09/10/2024, Guverinoma ya Cameroun igaragaza ko uyu munyacyubahiro ubuzima bwe buhagaze neza, nyuma...
Mu ntambara Igisirikare cy’u Burusiya gihanganyemo na Ukraine cyigaruriye Umujyi wose wa Vuhledar uherereye mu misozi miremire mu burasirazuba bw’iki gihugu bamaze igihe barasana urufaya....
Mu masaha y’umugoroba wo ku wa kabiri tariki ya 01 Ukwakira 2024, Iran yarashe ibisasu byo mu bwoko bwa Misille Ballistic, ahanini ibi bisasu byagwaga...