Abategetsi bo mu Buhinde bavuga ko bataye muri yombi umugabo w’Umunya-Canada ku kibuga cy’indege cy’i Delhi kubera gutwara igihanga cy’ingona mu muzigo we. Ubwo yahagarikwaga...
Urukiko rw’Ibanze rwa Kiramuruzi, mu karere ka Gatsibo rwahamije Maj Gen (Rtd) Dr. Mugahe Rutatina Richard, icyaha cyo kuba icyitso mu gukubita no gukomeretsa ku...
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ejo kuwa 9 Mutarama 2025, Perezida Paul Kagame yongeye kwibanda ku kibazo cy’akajagari kagaragara mu madini n’insengero, avuga ko hakwiye gufatwa...
Kuri uyu wa Gatanu tariki 10 Mutarama 2025, Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi Mukuru wa Bayer Pharmaceuticals, Stefan Oelrich, hamwe na Dr....
Umutwe wa M23 watangaje ko ibiganiro byagombaga guhuza Perezida Paul Kagame na Perezida Félix Tshisekedi byasubitswe nyuma y’uko ingabo za FARDC zibwiye intumwa za Congo...
Ku wa Mbere, Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) watangaje ko wamaganye ifatwa ry’umujyi wa Masisi n’inkengero zawo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,...