I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Mu ntambara Igisirikare cy’u Burusiya gihanganyemo na Ukraine cyigaruriye Umujyi wose wa Vuhledar uherereye mu misozi miremire mu burasirazuba bw’iki gihugu bamaze igihe barasana urufaya....
Mu masaha y’umugoroba wo ku wa kabiri tariki ya 01 Ukwakira 2024, Iran yarashe ibisasu byo mu bwoko bwa Misille Ballistic, ahanini ibi bisasu byagwaga...
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu tariki 02 Ukwakira 2024, yakiriwe anagirana ibiganiro mu muhezo na mugenzi we Edgars Rinkēvičs uyobora Igihugu cya Latvia....
Imvura nyinshi ivanze n’urubura yaguye ahagana mu ma saa sita z’amanywa (12h00) kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Ukwakira 2024, yangije imyaka y’abaturage ku buso...
Ku masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Ukwakira 2024 Iran yarashe ibisasu byambukiranya imigabane (missiles ballistic) ku gihugu cya Israel, nk’uko Igisirikare...
Mu mpera z’icyumweru gishize, undi muntu umwe yarapfuye mu bantu benshi barasiwe mu ngo ebyiri mu mudugudu wo muri Afurika y’Epfo. Umubare w’abahitanywe n’ayo masasu...
Abarimu bakora ku bigo bya Leta mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bavuga ko batazigera basubira kwigisha igihe cyose Leta itabongereye umushahara. Aba...
Umwarimukazi witwa Yankurije Marie Josée w’imyaka 38, wari utuye mu murenge wa Mukura, Akarere ka Huye, Intara y’Amajyepfo yapfuye by’amarabira ku mugoroba wo ku wa...