I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Nyuma yo guhurira muri Tanzania ku wa Gatandatu tariki 08 Gashyantare 2025, abagize EAC na SADC bakemeza ibigomba gukorwa vuba na bwangu birimo no gufungura...
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko kubera ubushotoranyi bw’u Rwanda, yafashe umwanzuro wo gufunga ikirere cyayo ku ndege zose z’u Rwanda ndetse...
Mu burakari bukabije, abatuye n’abaturiye umujyi wa Bukavu uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo ukaba ari nawo murwa mukuru wayo bahaye ingabo za Repubulika Iharanira...
U Rwanda rwafashije Afurika y’Epfo gucyura imirambo y’abasirikare bayo bagera kuri 14 baguye ku rugamba mu burasirazuba bwa DR Congo mu rugamba barwanamo bafasha ingabo...
Nyuma y’Icyumweru Umujyi wa Goma uri mu icuraburindi kubera imirwano ikomeye yahabereye bikarangira uyu mujyi ufashwe na M23, kuri ubu ubuzima butangiye kugaruka ndetse n’ibikorwaremezo...
Ubuyobozi bwa AFC/M23 bwibukije Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko nta bubasha ndetse n’ubushobozi ifite bwo kubatsimbura mu bice bo bita ko bamaze...
Abasore n’inkumi bagera kuri 531 bo mu mutwe udasanzwe, Special Operations Force (SOF) binjiye mu ngabo z’u Rwanda, RDF nyuma y’amezi 11 y’imyitozo njyarugamba yihariye...
Nk’uko bisanzwe biri mu nshingano zayo, Leta ikora ibishoboka byose ngo abaturage babone ibikorwa bibafasha kwiteza imbere ari nako bifasha mu kwihutisha iterambere ry’Igihugu. Ku...
Gukomeza kwigira imbere kwa M23 gukomeje guhangayikisha bikomeye Leta ya DR Congo ku buryo yabuze icyo ikora n’icyo ireka kuri ubu hakaba hatangiye gufata ibyemezo...