I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Repubulika ya Demokarasi ya Congo yanenze icyemezo cya Perezida William Ruto wa Kenya cyo kugena umudipolomate uzahagararira inyungu za Kenya mu mujyi wa Goma ugenzurwa...
Electric vehicle distribution company BasiGo has announced that it has been granted the right to supply CATL batteries in sub-Saharan Africa. BasiGo has become the...
Mu muhango wo gusoza Itorero Indangamirwa, Icyiciro cya 15 mu kigo cy’Ubutore cya Nkumba wabaye kuri uyu wa Kane tariki 14 Kanama 2025, Minisitiri w’Intebe,...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 13 Kanama 2025, mu karere ka Rusizi, Intara y’Iburengerazuba hizihirijwe ku rwego rw’Igihugu, Umunsi Mpuzamahanga w’Urubyiruko, maze bahabwa umukora wo...
Ubwo yari mu cyumba cy’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda iteganya kubaka imihanda ireshya na kilometero...
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC cyatangaje ko gikeneye abasore n’inkumi banyotewe kucyinjiramo, gusa gishyiraho umwitangirizwa ku baturuka mu bice bigenzurwa na AFC/M23...
Inzego z’ubuzima zatangaje ko gahunda yo gutanga umuti utuma abantu batandura Virusi itera SIDA mu mezi abiri, ikomeje nubwo ikiboneka ku bitaro bicye muri Kigali...
Imirwano ikomeye irakomeje mu bice bitandukanye mu ntara za Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru hagati y’ingabo za Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 n’ingabo za Repubulika ya...
Muri iki gihe Isi ikataje mu iterambere, usanga benshi bakomeje kugarizwa n’indwara ya depression cyangwa se agahinda gakabije aho bamwe batamenya ko barwaye bakabyitiranya n’ibindi...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 07 Kanama 2025, umugabo witwa Sinamenye Théoneste w’imyaka 38 y’amavuko, yafatanwe ibiro bitatu by’urumogi yari yiziritseho ku...