I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Francis yemeje ko yiteguye gusura Igihugu cya Korea ya ruguru. Ibi yabitangaje mu kiganiro cyacishijwe kuri Televiziyo y’Igihugu...
Ingabo za Leta ya Ethiopia zikomeje gusuka imvura y’ibisasu biremereye i Mekele, Umurwa mukuru wa Tigray, Intara ikomokamo Inyeshyamba za TPLF zigometse ku butegetsi bwa...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yasabye ko kuvana mu bukene ‘Umuhora wa Kaduha-Gitwe’ mu Ntara y’Amajyepfo byihutishwa abatuye muri icyo gice bagatera imbere....
Mu Murenge wa Rubengera, Akarere ka Karongi, habereye impanuka y’imodoka y’ikamyo yari ipakiye ibikoresho by’ubwubatsi, yaguyemo abantu babiri. Iyi mpanuka yabereye mu Kagari ka Gacaca,...
Mu ruzinduko akomeje kugirira mu Ntara y’Amajyepfo n’Iburengerazuba, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasuye umukecuru Rachel Nyiramandwa w’imyaka 110 utuye mu Kagari ka...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yijeje abamotari ko agiye gukurikirana ikibazo cy’ubwishingizi buhenze, yagejejweho mu ruzinduko yagiriye mu Karere ka Ruhango kuri uyu...
Mu rugamba inyeshyamba za TPLF zihanganyemo n’ingabo za Leta ya Ethiopia, n’ubwo hari hashize iminsi hari agahenge hagati y’izi ngabo n’inyeshyamba, hahanuwe indege byavugwaga ko...
Umusaza w’imyaka 70 y’amavuko wo mu Murenge wa Muko mu Karere ka Musanze, umaze igihe gito ahagaritswe mu itorero rya ADEPR kubera imyitwarire idahwitse, yafatiwe...
Dusabumugisha Gervais wiga mu mwaka wa gatatu mu mashuri yisumbuye, yakoze imodoka ishobora kugenda kilometero imwe n’igice, yifashishije batiri y’amashanyarazi. Ni ubuhanga avuga ko akeneye...