Amizero
Amakuru Amakuru mashya Politike Trending News Umutekano

Abarwanyi ba AFC/M23 n’ingabo za RDC binjiye muri Noheli nyuma yo guhanganira muri Fizi

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zifatanyije na Wazalendo byahanganiye bikomeye muri santere ya Makabola muri teritwari ya Fizi mbere yo kwinjira mu munsi mukuru wa Noheli.

Iyi mirwano yirije umunsi wose wo ku wa 24 Ukuboza 2025, yabereye mu duce twinshi tugize iyi santere turimo Makabola 1, Makabola 2, Kiringi na Kirambi. Hifashishijwe intwaro ziremereye na drones z’intambara.

Abaturage benshi bo muri Makabola no mu bice bihana imbibi nka Bangwi, Kasenya na Makabola 1 bahunze ku wa 24 Ukuboza, berekeza mu bice bitekanye birimo Umujyi wa Uvira uri mu majyaruguru.

Amakuru ava muri Fizi ahamya ko ingabo za RDC ziri kongerwa muri iyi teritwari, cyane cyane mu gace ka Swima na Munene. Indege n’ubwato ni byo biri kuzigeza muri iki gice.

Abarwanyi ba AFC/M23 na bo bari kongerwa mu bice iri huriro rirwanya ubutegetsi bwa RDC rimaze iminsi rigenzura, cyane cyane nka Makabola, mu gukaza umutekano wabyo.

Kuri uyu wa 25 Ukuboza, nta mirwano yumvikanye muri Makabola. Abaturage bagiye gusenga, bizihiza umunsi mukuru wa Noheli.

Habaye imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 na FARDC kuri uyu wa 24 Ukuboza 2025 muri Fizi

Related posts

Musanze FC yerekanye abatoza bashya na ba Rutahizamu 2

N. FLAVIEN

Cristiano Ronaldo yagejeje Al Nasr ku mukino wa nyuma w’Igikombe kiruta ibindi.  

KALISA

Perezida Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro Stade Amahoro ivuguruye atanga umukoro ku banyarwanda [AMAFOTO].

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777