Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Politike Umutekano

MONUSCO yashimye ibyavuye mu biganiro byo mu Busuwisi hagati ya DRC na AFC/M23

Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) zivuga ko zishima intambwe zatewe i Montreux mu Busuwisi mu biganiro hagati ya Leta ya DR Congo na AFC/M23, byabaye hagati y’itariki ya 13 na 18 z’uku kwezi kwa Kane 2026.

MONUSCO, nk’indorerezi, na yo yari iri muri ibyo biganiro byo muri gahunda ya Doha, ku buhuza bwa Leta ya Qatar, USA, Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika, hamwe n’Ubusuwisi nk’Igihugu cyakiriye ibyo biganiro.

Mu itangazo yasohoye ku cyumweru, MONUSCO yavuze ko inyuzwe n’intambwe zerekeza ku isinywa ry’Inyandiko ku igezwa ry’ubutabazi, aho bucyenewe no kurindwa kwo mu mategeko, ndetse irashishikariza impande bireba gukomeza umuhate wazo mu rwego rwo kugera kuri ayo masezerano vuba, hagamijwe kurangiza akababaro k’abaturage b’abasivile bagirwaho ingaruka n’intambara”.

MONUSCO yanashishikarije izo mpande gusohoza ingamba zo kongera kubaka icyizere, cyane cyane irekurwa n’ihererekanya ry’imfungwa, ku bufatanye na komite mpuzamahanga ya Croix-Rouge (CICR), igira uruhare muri iyi gahunda bijyanye n’uburyo bw’imikorere bwashyizweho.

MONUSCO ivuga ko yiteguye gukoresha ubushobozi bwayo bw’ibikoresho na tekinike mu gufasha ubutumwa bwa mbere bwo kugenzura iyubahirizwa ry’agahenge, hagamijwe gufasha ishyirwa mu ngiro rya gahunda z’amahoro ziriho ubu.

MONUSCO itangaje ibi mu gihe ingabo za DR Congo, FARDC n’ingabo za M23 bashinjanya kongera kugabanaho ibitero nyuma y’ibyo biganiro byo mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’Ubusuwusi, muri iyi ntambara yongeye kwaduka mu mpera z’umwaka wa 2021 nubwo imaze imyaka hafi 30 ihagarara ikongera ikubura. (BBC)

Related posts

Major Nshimiyimana Gavana wagabye ibitero byishe abaturage mu Kinigi yishwe n’abakomando ba M23.

N. FLAVIEN

Joseph Kabila wasimbuwe na Tshisekedi ku butegetsi yageze mu birindiro bya M23 i Goma.

N. FLAVIEN

Kuzimya Pariki y’Igihugu ya Nyungwe yibasiwe n’inkongi bikomeje kugorana.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777