Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Ubushakashatsi

Umubare w’ingo zitandukana ukomeje kwiyongera mu Rwanda

Imibare mishya yerekana ko ingo hafi 4,500 mu Rwanda zasabye gutandukana mu mwaka ushize mu gihe imibare y’abahawe gatanya yikubye kabiri mu 2025 ugereranyije na 2024.

Raporo nshya y’ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare yerekana ko ingo zigera ku 2,629 zahawe gatanya umwaka ushize mu gihe 1,068 ari zo zari zayihawe mu 2025 inyongera igera kuri 58%.

Gutandukana kw’ingo ni kimwe mu bibazo bihangayikishije umuryango nyarwanda ndetse na Leta by’umwihariko.

Mu kwezi kwa Kabiri (Gashyantare) uyu mwaka, mu gikorwa cy’amasengesho yo gusengera Igihugu, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagarutse kuri iki kibazo.

Yagize ati: “Abantu babiri bananirwa kubana bate? Ni iki umuntu umwe akora kikagera aho undi amubwira ati ‘sinkigushaka, ndagiye’?”

Ihohoterwa rikorerwa mu ngo, ibibazo bishingiye ku mutungo no gucana inyuma ni bimwe mu bivugwa bitera gutandukana kw’ingo.

Iriya raporo ya ‘Rwanda Vital Statistics Report’ y’uyu mwaka ivuga ko 41% za gatanya zabaruwe umwaka ushize ari iz’ingo zitarageza imyaka 10.

Kuri iki kibazo, Perezida Kagame yavuze ko “iyo imiryango myinshi isenyutse icyarimwe, Igihugu kirahagwa”.

Related posts

Abasirikare 25 ba FARDC bakatiwe urwo gupfa bazira guhunga umuriro wa M23.

N. FLAVIEN

Burundi: Umupadiri aratakamba kubera umusaraba wibwe.

KALISA

DRC: Abanyeshuri b’i Rutshuru batorotse ikigo bigamo bajya muri M23.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777