Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Politike

Perezida Trump avuga ko Afurika y’Epfo itakabaye ikiri muri G20

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atazitabira inama y’Ibihugu bikomeye ku Isi biri mu ihuriro rya G20, iteganyijwe kubera i Johannesburg muri Afurika y’Epfo, avuga ko iki gihugu “kitagomba no kuba kiri muri iri tsinda.”

Mu ijambo yavugiye mu nama y’ubucuruzi ya America Business Forum yabereye i Miami ku wa Gatatu, Trump yavuze ko yahisemo kudahagararira Igihugu cye muri iyo nama, kuko ngo Afurika y’Epfo “idakwiriye kuba ikiri muri G20 kubera ko ibihabera ari bibi.”

Yagize ati: “Nababwiye ko ntazajya muri iyo nama. Ntabwo nzahagararira Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwose, habe na mba.”

Trump akunze kwibasira ubutegetsi bwa Perezida Cyril Ramaphosa, amushinja kurebera ubwicanyi bukorerwa abazungu bakomoka muri iki gihugu.

Itsinda rya G20 ryashinzwe mu 1999 rigamije guhuza Ibihugu bikiri mu nzira y’amajyambere byari bitangiye kuzamuka mu bukungu.

Afurika y’Epfo, kugeza ubu ifite umwanya w’ubuyobozi muri G20, kikaba Igihugu rukumbi cyo ku mugabane wa Afurika kiri muri iri tsinda.

Related posts

RIB yagaragaje abakurikiranyweho icyaha cy’ubwambuzi bushukana.

Muntu Clarisse

Karongi: Bamusanze ku nkombe z’ikiyaga cya Kivu yashizemo umwuka.

N. FLAVIEN

DRC: Umusirikare wa MONUSCO yishwe n’abataramenyekana.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777