Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Politike

U Rwanda rwemeye kwakira abimukira 250 bavuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Rwanda bemeranyije ku masezerano ashobora gutuma u Rwanda rwakira amagana y’abimukira nk’uko byemejwe n’umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo.

Yagize ati: “U Rwanda rwemeye kwakira abimukira bagera kuri 250 ku bufatanye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu rwego rwo kugaragaza ko nk’uko abaturage b’u Rwanda babayeho mu buhungiro, twubakiye ku ndangagaciro zo kwakira no gusubiza mu buzima busanzwe abantu bagize ibyago.”

Yakomeje avuga ko “Buri muntu uzashyirwa ku rutonde rwo kwimurirwa mu Rwanda azabanza kwemezwa na Leta y’u Rwanda mbere yo kwakirwa. Abazemerwa bazahabwa amahugurwa abafasha kubona akazi, ubuvuzi ndetse n’inkunga mu bijyanye no gutura, byose bigamije kubafasha gutangira ubuzima bushya hano mu gihugu, ndetse bagire uruhare mu iterambere ry’ubukungu bw’u Rwanda, bumaze imyaka irenga icumi burangwa n’umuvuduko wihuse. (KT)

Related posts

Ingabo z’u Rwanda zashinjwe guha intwaro M23 no kuyifasha kurwana na FARDC.

N. FLAVIEN

Igerageza rya Jenoside muri Perefegitura za Gisenyi na Ruhengeri ryatumye abatutsi benshi bameneshwa.

N. FLAVIEN

New York: Perezida Macron yahuje Perezida Kagame na Tshisekedi baganira ku mutekano.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777