Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Cinema

Abamaze kwamamara bahwituwe basabwa kutigira ntibindeba ku bibazo by’Igihugu.

Umuhanzi B Threy yakanguriye urubyiruko, by’umwihariko ibyamamare, kutajya bigira ba ntibindeba mu bibazo by’igihugu, abibutsa ko nk’abantu bafite ijwi rigera kure n’ababakurikira benshi, ari bo bakabaye bafata iya mbere mu kukivugira mu gihe gikeneye ijwi ryabo.

Ibi uyu muhanzi yabigarutseho mu kiganiro cyihariye yagiranye na Igihe, by’umwihariko akaba yitsaga ku buryo amaze iminsi abona abanyamahanga bibasira u Rwanda ku mbuga nkoranyambaga ariko ugasanga benshi mu rubyiruko bafite n’ukuri kw’ibyo kuvuga, bahisemo kuruca bakarumira.

Ku rundi ruhande, B Threy ahamya ko mu by’ukuri kugira ngo urubyiruko, by’umwihariko ibyamamare, bisange muri gahunda zo kuvuganira igihugu mu gihe kibakeneye, hakwiye kubaho ubukangurambaga bubibutsa ko ari inshingano zabo.

Ati “Ni byiza ko urubyiruko dufata iya mbere tugashyigikira igihugu cyacu, niba abantu batugabyeho intambara y’amagambo ku mbuga nkoranyambaga […] urwo rugamba ruba rureba buri wese atari ba bandi gusa barinda umutekano w’igihugu n’ubusugire, aho ni ho haba hakenewe umusanzu wa buri muntu uvuga rikijyana muri sosiyete.”

Uyu muraperi yagaragaje ko bibaye na ngombwa hategurwa ubukangurambaga bwo kwibutsa urubyiruko n’ibyamamare by’umwihariko ko ari bo bakwiye gufata iya mbere mu gihe igihugu kigabweho ibitero by’amagambo agiharabika ku mbuga nkoranyambaga.

Iby’ubu bukangurambaga yabigarutseho ubwo yavugaga ko ikibazo gikunze kubaho ari uko usanga benshi mu rubyiruko bibwira ko hari ababa barateguwe bo kuvugira igihugu, bityo bakibeshya ko bitabareba.

Related posts

Musanze: Yasanzwe mu nzu yapfuye biravugwa ko yazize COVID-19

N. FLAVIEN

“Twazamuye ubushobozi bw’igisirikare cyacu bituma umwanzi adafata Goma”: Perezida Tshisekedi.

N. FLAVIEN

Burundi: RED Tabara yagabye igitero mu nkengero z’ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Bujumbura.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777