Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Hanze Politike Umutekano

Ukraine yigambye kwicira ku rugamba abasirikare ba Koreya ya Ruguru bafasha u Burusiya.

Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yatangaje ko Ingabo ze zahanganye n’abasirikare barenga ibihumbi 11 ba Koreya ya Ruguru bari kurwana ku ruhande rw’u Burusiya, ndetse hari benshi bamaze kuhasiga agatwe.

Uyu mugabo yavuze ko izi ngabo zatangiriye intambara mu gace ka Kursk, aka kakaba agace k’u Burusiya kagenzurwa na Ukraine. Aha ngo niho Ingabo za Ukraine zahuriye n’Ingabo za Koreya ya Ruguru, impande zombi ziresurana birangira zose zitakaje abasirikare batari bake.

Perezida Zelensky yavuze ko mu gihe Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, aherutse gutangaza ko Igihugu cye cyiteguye kwinjira mu biganiro bishobora guhagarika iyi ntambara, n’ubwo ubufasha bw’Ingabo za Koreya ya Ruguru busobanuye ko iyi ntambara ishobora kumara igihe kirekire.

Ku rundi ruhande, benshi mu bayobozi b’u Burayi ntibizeye neza ko Trump azakomeza guha Ukraine inkunga, ndetse uyu muyobozi nawe yakunze guca amarenga mu bihe byo kwiyamamaza, avuga ko bitumvikana uburyo Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikomeza gusohora amafaranga menshi agenda mu ntambara ya Ukraine.

Related posts

Rubavu: Polisi yaguye gitumo uwaranguzaga urumogi

N. FLAVIEN

Basketball: IPRC Musanze yihaye intego ikomeye muri BKBNL iratangira kuri uyu wa gatanu

N. FLAVIEN

Amwe mu mateka y’umunsi wo kubeshya wizihizwa tariki 01 Mata buri mwaka.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777