Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Hanze Politike

Cameroun: Ibinyamakuru byabujijwe gutangaza ibijyanye n’ubuzima bwa Perezida Biya.

Abayobozi bo mu nzego nkuru za Cameroun baburiye ibinyamakuru byo muri iki gihugu ko bikwiye guhagarika ibyo kwandika no kuvuga inkuru ku buzima bw’Umukuru w’Igihugu, Paul Biya bivugwa ko yaba arembye.

Uyu mwanzuro ufashwe nyuma y’ibihuha ko umukambwe Paul Biya yaba yarapfuye, amakuru yamaganwe cyane n’inzego zitandukanye zirimo n’ibiro bya Perezida ubwabyo byemeje ko ahari n’ubwo adaheruka kugaragara mu ruhame.

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Paul Atanga Nji yabwiye abayobozi b’Intara ko bene izi nkuru ”zihungabanya ituze n’umudendezo by’abanya-Cameroun” bityo ko zidakenewe na mba.

Yagize ati: “Kuvugira mu binyamakuru uko ariko kwose ibijyanye n’uburyo umukuru w’Igihugu amerewe birabujijwe cyane ndetse uzabirengaho amategeko arahari kugirango yubahirizwe”.

Perezida Paul Biya w’imyaka 91 amaze imyaka irenga 40 ku butegetsi, aho bamwe bavuga ko yagakwiye kurekura. Amakuru ava muri Cameroun yemeza ko aheruka kugaragara mu ruhame igihe yari yitabiriye ‘Inama yahuje Afurika n’Ubushinwa’.

Related posts

Corneille Nangaa yasabye Ingabo za Leta ya RDC guhagarika kwibasira abaturage ba Uvira

NDAYISHIMIYE Libos

AFC/M23 yigaruriye Umujyi wa Tushunguti nyuma y’imirwano ikomeye

N. FLAVIEN

Perezida Kagame yasobanuye ikibazo cy’abimwe ubufasha n’ikigega cyashyiriweho kuzahura ubukungu

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777