Amizero
Ahabanza Amakuru mashya

Imibiri y’abahitanywe n’impanuka y’ubwato mu kiyaga cya Kivu yashyinguwe.

Ku wa Kane tariki 10 Ukwakira 2024, mu mujyi wa Goma mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ni bwo hashyinguwe imibiri y’abahitanywe n’ubwato mu kiyaga cya Kivu.

Mu muhango witabiriwe n’imiryango yabuze ababo n’abanyacyubahiro batandukanye b’intara za Kivu zombi, imibiri 10 y’abakomoka muri Kivu ya ruguru yose yashyinguwe ku irimbi rya Makao muri Teritware ya Nyiragongo.

Mu ijambo rya Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyepfo Profeseri Jean Jacques Purusi, yavuze ko ibyabaye byose byatewe n’uburangare bwa bamwe mu bayobozi.

Ku ruhande rwa Kivu ya ruguru, Guverineri wungirije Ekuka Lipopo Ramuald, we yagaragaje ko nyuma y’ubushakashatsi bwakozwe mu bikorwa byo kugerageza ko indi mibiri y’abaguye muri ubwo bwato yita ko ari yo myinshi cyane, hagagaragaye ko ubwato bwibiye cyane bukagera muri metero zirenga 200 z’ubujyakuzimu.

Abagize imiryango y’ababuze ababo muri iyo mpanuka bavuga ko ibyabaye byateye igihunga gikomeye mu miryango yabo cyane ko hari abagiye babura abantu benshi icyarimwe.

Ekuka Lipopo Ramuald, avuga ko kugeza ubu umubare nyakuri w’abaturage bari muri ubwo bwato utaramenyekana.

Gusa bizeza abaturage ko iperereza ryimbitse rigiye gukorwa vuba na bwangu, mu gihe amasoko atandukanye yagiye avuga ko ubu bwato bwari butwaye abarenga 400.

Kugeza ubu ariko nta rwego rwigenga rwari rwatangaza umubare nyakuri. Muri rusange hashyinguwe imibiri 30 irimo 10 y’abakomoka muri Kivu ya ruguru na 20 bo muri Kivu y’Amajyepfo.

Kuva aho iyi mpanuka yabereye mu cyumweru gishize, abayobozi bamwe bashinzwe gusuzuma ibyinjira n’ibisohoka binyura ku cyambu cya Minova mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo bamaze gufatwa n’inzego za leta mu rwego rw’iperereza ryatangiye kuri iyo mpanuka.

Related posts

Red Arrows yegukanye CECAFA Kagame Cup 2024 itsinze APR FC.

N. FLAVIEN

Izindi ngabo za Kenya zo mu mutwe kabuhariwe zageze i Goma zije kurwanya M23.

N. FLAVIEN

FCR ya Gen Kabido yiyunze kuri AFC/M23, itegeka FARDC kuba yavuye mu bice igenzura bitarenze amasaha 24.

Muntu Clarisse

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777