Amizero
Amakuru Amakuru mashya

Imibare y’abaguye mu mpanuka y’ubwato yabereye mu kiyaga cya Kivu ikomeje gutumbagira.

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, ubwato bwari buturutse muri lokalite ya Minova mu teritware ya Kalehe mu ntara ya Kivu ya ruguru bwarohamiye hafi n’icyambu cya Kituku mu mujyi wa Goma.

Ishyami rya leta rishinzwe ibyerekeye ubwikorezi ryemeza ko bwari butwaye abagenzi bagera kuri 400, umubare munini kugeza ubu ukaba utaraboneka.

Ubu bwato kandi bwari bwikoreye imyaka irimo ibitoki, ibirayi n’ibishyimbo nkuko byemezwa n’iyo serivisi.Ibi byabaye mu masaha ya saa tanu n’igice.

Ibikorwa by’ubucuruzi bisanzwe bikorerwa kuri iki cyambu byose kugeza ubu byahagaze kuko abatabazi barimo gushakisha imibiri y’abarohamiye muri ubu bwato.

Abavuganye n’ijwi ry’Amerika bari kuri iki cyambu bemeza ko impamvu yatumye ubwato burohama ari ukubera ko bwari bwikorereye abantu benshi barusha ubushobozi bwabwo bikaba byateye iyo mpanuka.

Abaturage barasaba ko umuhanda uva Goma ujya mu teritware ya Kalehe wafungurwa bityo abantu bagatangira kuwukoresha aho gukoresha amato mu ngendo zabo za buri munsi.

Umuhanda wari usanzwe uhuza intara zombi ntugikoreshwa kubera ko ubu wafashwe n’abarwanyi b’umutwe wa M23 bikaba bigora abari basanzwe bawukoresha kuwunyuramo.

Related posts

Arsenal yabatijwe na Manchester City biyiganisha mu manga yo gutakaza icyubahiro.

N. FLAVIEN

Kenya: Kwambara agapfukamunwa ntabwo bikiri itegeko

N. FLAVIEN

M23 yatangiye kureshya abifuza gushora imari muri Bunagana.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777