Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Hanze Politike

Liberia: George Weah wari Perezida yemeye ko yatsinzwe amatora.

George Weah wari usanzwe ari Perezida wa Repubulika muri Liberia yemeye ko yatsinzwe amatora y’Umukuru w’Igihugu aheruka, aho amajwi yatangajwe agaragaza ko yatsinzwe n’umukandida w’imyaka 78 y’amavuko.

George Weah yemeye ko yatsinzwe amatora y’Umukuru w’Igihugu aheruka, asaba abayoboke be kwemera ibyavuye mu matora, aboneraho kwifuriza intsinzi mugenzi we wamutsinze, ari nawe Perezida mushya wa Liberia.

Bwana Joseph
George Weah wari muri Perezidansi, yabonye amajwi 49.1 mu gihe uwo bari bahanganye, Joseph Boakai yagize amajwi 50.9 amwemerera guhita ayobora iki Gihugu nka Perezida wa Repubulika.

Komisiyo y’amatora muri Liberia ikimara gutangaza ibyavuye mu matora, George Weah yahise yifuriza mugenzi we Joseph intsinzi anasaba abayoboke be kwemera ibyavuye mu matora bakayoboka Perezida wa Repubulika mushya, Joseph Boakia w’imyaka 78 y’amavuko.

Uwari Perezida wa Liberia, George Weah watsinzwe amatora/Photo Internet.
Perezida mushya wa Liberia, Joseph Boakai w’imyaka 78 y’amavuko/Photo Internet.

Related posts

Impunzi z’abanyekongo ziri i Kigeme zakoze imyigaragambyo yamagana ‘ubwicanyi ku batutsi’ muri DR Congo Isi yose irebera.

N. FLAVIEN

Rubavu: Nta mwarimukazi wabura umugabo cyangwa ngo umusore w’umwarimu abure umugore.

N. FLAVIEN

Nyina w’umuhanzi Meddy yitabye Imana azize uburwayi.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777