Amizero
Ahabanza Amakuru Ubutabera Ubuzima

Menya aho Paul Rusesabagina wamaze gusohoka muri gereza aherereye.

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 24 Werurwe 2023, Leta y’u Rwanda yarekuye Paul Rusesabagina wari umaze imyaka hafi ibiri afungiye muri gereza ya Nyarugenge i Mageragere, bikaba byabaye ku mbabazi za Perezida wa Repubulika nyuma yo kwandika azisaba mu mwaka ushize wa 2022.

Mu itangazo yasohoye, Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ya Amerika, ivuga ko ishimira abayobozi b’u Rwanda ku bushake bakoresheje mu kurekura Rusesabagina kugira ngo yongere guhuzwa n’umuryango we. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Antony Blinken avuga ko Amerika yifuza u Rwanda rutekanye, rutera imbere, kandi ko nta mwanya urugomo rwa politiki rukwiye kugira muri izo mpinduka.

Ministri Blinken yashimiye kandi abayobozi b’Igihugu cya Katari, bagize uruhare kugira ngo Rusesabagina arekurwe. Amakuru yashyizwe ahagaragara n’abakozi bo hejuru bo muri guverinoma ya Amerika ni uko ubu Rusesabagina ari mu maboko ya Ambasade ya Katari mu Rwanda. Azahamara igihe gito, ahave ajya i Doha muri Katari, nyuma azatahuke ajya muri Leta zunze ubumwe za Amerika.

Paul Rusesabagina yari yarakatiwe gufungwa imyaka 25, nyuma y’uko inkiko zimuhamije ibyaha bifitanye isano n’iterabwoba. Mu Mpeshyi ya 2021 nibwo yisanze mu Rwanda, avuye muri Katari, mu buryo imwe mu miryango y’uburenganzira bwa muntu yagereranije no “gushimuta”, kuko yisanze yageze i Kigali mu buryo atari yateganije.

Paul Rusesabagina arekuwe hamwe n’abandi barimo Nsabimana Callixte ‘Sankara’ ndetse n’abandi basaga magana atatu barekuwe ku mbabazi za Perezida wa Repubulika, nyuma yo kwandika babisaba nk’uko byatangajwe n’inzego zitandukanye zibifitiye uburenganzira.

Paul Rusesabagina yambitswe umudali na Perezida George W Bush wa USA kubera Filime ‘Hotel Rwanda’.

Related posts

Dr Frank Habineza yijeje abaturage ko nibamutora azabubakira Kaminuza i Ngoma bitarenze amezi atatu.

N. FLAVIEN

Perezida Trump yashyize Biden ku gahanga intambara yo muri Ukraine.

ISHIMWE Elyse Naise

Russia-Ukraine: Umuryango w’Abibumbye wasabye iperereza ryihuse ku bwicanyi bw’i Bucha.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777