Amizero
Ahabanza Amakuru Hanze Iteganyagihe Ubuzima

Turikiya iherutse gupfusha abarenga ibihumbi 40 yongeye kwibasirwa n’umutingito ukomeye.

Umutingito ukomeye uri ku gipimo cya ‘magnitude’ 6,4 wibasiye Amajyepfo ya Turikiya nyuma y’iminsi mike iki Gihugu gishegeshwe n’indi mitingo yatumye ibihumbi byinshi bihaburira ubuzima.

Inzego zishinzwe gukurikirana iby’ibiza n’ibikorwa by’ubutabazi zatangaje ko uyu mutingito wabaye saa kumi n’imwe n’iminota ine, saa mbili n’iminota ine ku isaha muri icyo gihugu.

Abatangabuhamya babwiye Reuters ko hari ibindi bikorwaremezo byasenyutse nk’inyubako mu Murwa Mukuru w’Intara ya Hatay, Antakya.

Umutingito ufite igipimo cya 7,8 washegeshe aka Karere tariki 06 Gashyantare 2023; abasaga 45,000 bakaba bamaze gutangazwa ko bapfuye muri iki Gihugu no muri Syria bituranye ariko hakaba hashobora kuboneka abandi.

Amakuru yatanzwe yavuze ko umutingito wa none wumvikanye cyane kurenza iheruka, icyakora ntiharamenyekana ingano y’ibyononekaye cyangwa niba hari abantu bahitanywe na wo.

Antakya, ni kamwe mu duce twakozweho cyane n’umutingito uheruka kuba tariki 06 Gashyantare uyu mwaka wa 2023.

Umutingito uheruka washenye inzu nyinshi muri Turkey na Syria/Photo Internet.

Related posts

Maj Gen (Rtd) Dr. Rutatina washinjwe kuba icyitso mu gukubita no gukomeretsa yakatiwe.

Muntu Clarisse

CECAFA Kagame Cup: Al Hilal Omdurman yatsinze APR FC iyibuza gukabya inzozi

KALISA

Amanota y’ibizamini bya Leta bisoza ayisumbuye yatangajwe, inota ryo gutsinda rirazamurwa.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777