Amizero
Ahabanza Amakuru Hanze Politike Umutekano

Amerika yasabye abaturage bayo kuva mu Murwa mukuru wa Ukraine vuba na bwangu.

Leta Zunze Ubumwe za Amerika irasaba abaturage bayo bari i Kiev, umurwa mukuru wa Ukraine, kuhahunga bidatinze. Ifite impungenge ko Uburusiya bushobora kuharasa ibisasu byinshi muri iyi minsi.

Ukraine izizihiza umunsi w’ubwigenge bwayo kuri uyu wa gatatu tariki 24 Kanama 2022. Leta ya Perezida Volodymyr Zelenskyy ivuga ko yiteze ko Uburusiya buzarasa cyane umurwa mukuru, Kiev. Si Ukraine yonyine ariko ifite impungenge kuko izisangiye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Mu itangazo yashyize ahagaragara, Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika i Kiev ivuga ko “Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Amerika ifite amakuru nyayo yemeza ko “Uburusiya burimo butegura kurasa ibisasu byinshi ku bikorwa remezo n’inyubakwa za guverinoma ya Ukraine muri iyi minsi.”

Ambassade irasaba Abanyamerika bari muri Ukraine “kuvayo vuba vuba bidatinze, bakoresheje uburyo bwabo bwite bwose bashoboye.” Irabagira inama yo guhunga bakoresheje by’umwihariko inzira z’ubutaka.

Naho Leta ya Ukraine yabujije abaturage bayo gukora ibirori mu murwa mukuru ku munsi w’ubwigenge kugera ejobundi kuwa kane kubera impungenge z’ibisasu bya misile by’Uburusiya.

Related posts

FARDC yabonye izindi ndege kabuhariwe z’intambara.

N. FLAVIEN

BAL: Ikipe ya REG ihagarariye u Rwanda yatsinze Kwara Falcons yo muri Nigeria.

N. FLAVIEN

Ubutumwa bwa Wisdom Schools ku babyeyi bifuza ko abana babo bahabwa uburezi mpuzamahanga.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777