Amizero
Ahabanza Amakuru Iyobokamana Uburezi

Padiri Dogiteri Hagenimana Fabien yasimbuwe ku buyobozi bwa INES Ruhengeri.

Ishuri Rikuru ry’Ubumenyi ngiro rya Kiliziya Gatolika, Diyoseze ya Ruhengeri, INES Ruhengeri, ryasimbuje uwari Umuyobozi waryo, Abbé Dr Hagenimana Fabien wakomereje ubutumwa ahandi, asimburwa na Abbé Dr Jean Bosco Baribeshya.

Uyu muyobozi wahawe ubutumwa bwo kuyobora INES nka Vice Chancellor kuko Chancellor agomba kuba ari Umwepisikopi wa Diyoseze, yari asanzwe ari Umuyobozi wa Seminari nto ya Nkumba mu Karere ka Burera muri Diyoseze ya Ruhengeri.

Abbé Dr Fabien Hagenimana wasimbuwe ku buyobozi bwa INES Ruhengeri, nawe yari yabugiyeho asimbuye Abbé Dr Niyibizi Déogratias wahawe gukomereza ubutumwa i Roma mu Butaliyani ku Mugabane w’i Burayi.

Iri hindurwa ry’abayobozi muri INES Ruhengeri, ni ibintu bisanzwe, kuko muri Kiliziya Gatolika hari igihe kigera ukaba wahindurirwa aho ukorera ubutumwa. Iyo habaye impinduka, ugenda ako kanya utazuyaje kuko mu ndahiro uba wararahiye uhabwa isakaramentu ry’ubusaseridoti, harimo ko uzumvira igihe cyose Umwepisikopi kandi ugakora neza inshingano azaguha nk’uko bigomba no kumera ku ruhande rw’Imana nk’uko biri mu ndirimbo “Niyeguriye Nyagasani” iririmbwa iyo hatangwa isakaramentu ry’ubusaseridoti.

Ishuri Rikuru ry’Ubumenyi ngiro rya Kiliziya Gatolika Diyoseze ya Ruhengeri (INES Ruhengeri).
Abbé Dr Hagenimana Fabien wakomereje ubutumwa ahandi avuye ku Buyobozi bwa INES Ruhengeri.
Abbé Dr Jean Bosco Baribeshya ibumoso bwa Nyiricyubahiro Musenyeri Harolimana Vincent, Umushumba wa Diyoseze ya Ruhengeri akaba n’Umuyobozi Mukuru (Chancellor) wa INES Ruhengeri.

Related posts

Abanyarwanda bongeye kwitorera Paul Kagame ngo akomeze abayobore.

N. FLAVIEN

Imirwano ikomeye hagati ya FARDC na M23 muri Masisi.

N. FLAVIEN

Cameroun: Ibinyamakuru byabujijwe gutangaza ibijyanye n’ubuzima bwa Perezida Biya.

N. FLAVIEN

1 comment

Augustin July 6, 2022 at 11:32 PM

Inkuru zawe ubonako uzandikana ubuhanga nubumenyi bwinshi. Mbona utabogama. Nturi umu catholic ariko iyo ukoze inkuru yo muri kiliziya uyikora nkumuntu uyisengeramo kabisa.

Reply

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777