Muhirwa Paulin wayoboraga ishuri ryitwa GS Sholi riherereye mu karere ka Muhanga, Intara y’Amajyepfo yapfuye nyuma yo gukubitwa ikintu mu mutwe, akajyanwa kwa muganga arembye....
Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’umukandida w’Umuryango FPR-Inkotanyi ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, yatangaje ko uko umubare w’abanyarwanda waba ungana kose, bitazigera bibaho ko umunyarwanda...