Category : Umutekano
Featured Abasirikare badasanzwe ba DR Congo baryamiye amajanja hafi y’ibirindiro bya M23
Icyumweru kiri hafi gushira ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ziryamiye amajanja mu gace ka Ntamugenga gafatwa nk’amarembo y’ingenzi yerekeza mu birindiro byaM23. Izi...
Featured DRC: Umusirikare wa MONUSCO yishwe n’abataramenyekana.
Umwe mu basirikare bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abimbumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, MONUSCO yaraye yishwe arashwe n’abantu bitwaje intwaro bataramenyekana. Itangazo rigenewe abanyamakuru...
Featured DRC: Imyiteguro ikakaye y’urugamba rwo kwambura M23 Bunagana irarimbanije.
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC zifatanyije n’abafatanyabikorwa ba vuba n’aba cyera bari mu myiteguro karundura y’urugamba simusiga rwo kwisubiza Umujyi wa Bunagana...
Featured Tshisekedi yasabye abanyecongo baba mu Bubiligi kumutera inkunga yo guhangana n’u Rwanda.
Mu biganiro yagiranye n’abanyecongo baba mu Bubiligi, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi Tshilombo yabasabye ko bamufasha gushaka uburyo buhamye yahangana n’u...
Featured Kajugujugu ebyiri z’Igisirikare cya Uganda zahitanye benshi mu basirikare zari zitwaye.
Abantu 22 bapfuye ubwo kajugujugu ebyiri z’Igisirikare cya Uganda, UPDF zahanukiraga mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, ejo kuwa kabiri tariki 27 Nzeri...
Featured Maj Gen Kabandana wahanganye bikomeye n’ibyihebe byo muri Cabo Delgado yazamuwe mu ntera.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Rwanda, RDF yazamuye mu ntera Maj Gen Kabandana wahanganye bikomeye n’ibyihebe byo mu Ntara ya...
Featured Russia: Perezida Putin yirukanye Jenerali wari ushinzwe ibikoresho.
Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yirukanye Jenerali wari ushinzwe kuyobora ibikorwa byo gutanga ibikoresho ku gisirikare cy’iki Gihugu byagabanyije umuvuduko muri Ukraine. Jenerali Dmitry Bulgakov, wungirije...
Featured Abagabo bo mu Burusiya bari guhunga Igihugu batinya itegeko rya Putin ribajyana mu gisirikare.
Abagabo mu Burusiya barimo kugerageza kuva mu Gihugu bahunga kwinjizwa mu gisirikare ngo bajye mu ntambara iri kuvuza ubuhuha muri Ukraine. Imirongo yabaye miremire ku...

