DR Congo ikomeje kwikorezwa inkono ishyushye isabwa kuganira na M23 yise abaterabwoba.
Arikiyepisikopi Gatolika wa Kinshasa, Fridolin Cardinal Ambongo, yasabye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kwemera kuganira n’umutwe witwaje intwaro wa M23 kuko ari byo...

