Uruganda rukora sima, CIMERWA ruherereye mu karere ka Rusizi rwaguze rugenzi rwarwo bikora ibintu bimwe ruherereye mu Karere ka Musanze, Prime Cement. Amakuru y’ubu bugure...
Komisiyo y’Igihugu y’amatora, NEC kuri uyu wa Mbere tariki 22 Nyakanga 2024, yemeje burundu ibyavuye mu matora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite yabaye ku matariki...
Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yafashe icyemezo cyo guhagarika umugambi wo kwiyamamaza nk’umukandida w’Ishyaka ry’Abademokarate mu matora ateganijwe mu...
Urukiko Mpuzamahanga rw’ubutabera (CIJ), ari narwo rukiko rw’ikirenga rw’Umuryango w’Abibumbye (ONU), rwatangaje kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Nyakanga 2024 ko ibikorwa bya Israel byo...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yashyigikiye imvugo ye igaragaza kwibasira Donald Trump ndetse avuga impamvu byari ingenzi, mu kiganiro cye cya...
Nk’uko umuhanzi Nsengiyumva François bakunze kwita Gisupusupu yabiririmbye mu ndirimbo ‘Ikipe itsinda’, abanyarwanda bongeye kugaragaza ko nta mpamvu yo guhindura Ikipe itsinda, maze bahundagaza amajwi...
Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yarashwe ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza muri Leta ya Pennsylvania, gusa Imana ikinga ukuboko...
Mu gihe imirimo yo kubaka Isoko rishya ry’ibiribwa rya Musanze rizwi nka Carrière yarangiye, kuri ubu hari gutangwa imyanya ku bacuruzi bazarikoreramo, bikaba byaremejwe ko...