Category : Ahabanza
Featured Bimwe mu byaranze tariki 09 Mata 1994 ubwo Abatutsi bari bakomeje kwicwa.
Mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, hari ahantu hagiye habera ubwicanyi bukomeye mu duce dutandukanye tw’u Rwanda kuri iyi tariki ya 09 Mata 1994 gusa...
Featured Igihugu cya Cadi cyirukanye Ambasaderi w’u Budage kubera agasuzuguro.
Repubulika ya Cadi (Chad) yatangaje ko ihaye ambasaderi w’u Budage amasaha 48 kuba yavuye ku butaka bwayo nk’uko biteganywa n’amategeko, akaba yirukanywe azira agasuzuguro n’indi...
Featured Muhanga: Polisi yarashe ukekwaho kuyogoza rubanda ahita apfa.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Muhanga, Intara y’Amajyepfo yarashe ukekwaho kuyogoza rubanda ubwo yari yikoreye televiziyo ngo yari yibye ahita apfa, akaba yanasanganywe...
Featured Ibyaranze tariki 07 Mata 1994 umunsi watangiyeho Jenoside yakorewe Abatutsi.
Mu gihe u Rwanda n’Isi yose kuri uyu munsi bibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, na n’ubu n’ubwo hashize imyaka 29, hari ibikorwa ndengakamere byabaye kuri iyi...
Featured Kwibuka29: Perezida Kagame yakuriye inzira ku murima abashaka guhitiramo abanyarwanda uko babaho[Video].
Ubwo hatangizwaga Icyumweru cy’Icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bunamiye abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi...
Featured Uko wakoresha igitunguru gitukura ‘Oignon rouge’ ukivura indwara nyinshi.
Ni kenshi usanga dukoresha igitunguru gitukura mu gukaranga ibyo kurya, rimwe na rimwe tukagikoresha mu buryo bucyangiza aho kugikoresha neza ngo kitubere umuti, tukagikoresha muri...
Featured Perezida William Ruto yagaragaye anywera icyayi muri imwe muri Resitora z’i Nyamata.
Ubwo yari mu Mujyi wa Nyamata mu Karere ka Bugesera, Intara y’Iburasirazuba, Perezida William Ruto, yahuje urugwiro n’abaturage kugeza ubwo ananywera icyayi muri Resitora yaho....
Featured Perezida Kenyatta yashimye imyitwarire ya M23 asaba ko yashyirwa mu biganiro na Leta.
Umuhuza mu bibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Uhuru Kenyatta, akaba yaranabaye Perezida wa Kenya, yashimye M23 kuba ikomeje kubahiriza ibyo yasabwe mu rwego...
Featured Guverinoma nshya ihanzwe amaso na Perezida Tshisekedi ku kurandura M23 yateranye bwa mbere.
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo yakiriye mu biro bye i Kinshasa abagize Guverinoma nshya aherutse gushyiraho, bakaba barashyizweho hashingiwe ku...

