Nyuma yo guhagarikwa n’inzego z’umutekano bakanga kumvira, abagabo babiri bo mu Karere ka Bugesera bahise baraswa mu ijoro ryo ku wa 10 Mata 2023, aho...
Ubushinwa bwakomeje imyitozo ya gisirikare ku munsi wa kabiri bukorera hafi y’ikirwa cya Tayiwani kuri iki Cyumweru tariki 09 Mata 2023. Muri iyi myitozo harakoreshwa...
Mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, hari ahantu hagiye habera ubwicanyi bukomeye mu duce dutandukanye tw’u Rwanda kuri iyi tariki ya 09 Mata 1994 gusa...
Mu gihe u Rwanda n’Isi yose kuri uyu munsi bibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, na n’ubu n’ubwo hashize imyaka 29, hari ibikorwa ndengakamere byabaye kuri iyi...
Ubwo yari mu Mujyi wa Nyamata mu Karere ka Bugesera, Intara y’Iburasirazuba, Perezida William Ruto, yahuje urugwiro n’abaturage kugeza ubwo ananywera icyayi muri Resitora yaho....
Umuhuza mu bibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Uhuru Kenyatta, akaba yaranabaye Perezida wa Kenya, yashimye M23 kuba ikomeje kubahiriza ibyo yasabwe mu rwego...