Akanyamuneza ni kose ku bahinzi bo mu Mirenge igize Akarere ka Bugesera ko mu Ntara y’Iburasirazuba, nyuma yo guhirwa n’ikirere ngo bakaba bizeye umusaruro mwiza...
Bamwe mu rubyiruko bakunze gukoresha imbugankoranyambaga baturuka mu Turere dutandukanye hirya no hino mu Gihugu, bemeza ko ntacyo bashinja Umukuru w’Igihugu kuko ngo aho u...
Hirya no hino ku Isi usanga hari abagerageza guha u Rwanda isura bishakiye, ahanini bakabikora bagendeye ku bikorwa runaka biba byabaye ariko bakirengagiza ukuri kwabyo...
Minisitiri w’Urubyiruko, Utumatwishima Abdallah, kuri uyu wa Gatandatu tariki 13 Gicurasi 2023, yifatanyije n’urubyiruko mu muganda udasanzwe wo gusukura Iseminari nto (Petit Seminaire) ya Nyundo...
Minisiteri ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi yatangaje ko abantu bahitanywe n’ibiza byatewe n’imvura byibasiye u Rwanda mu ijoro ryo kuwa Kabiri rishyira kuwa Gatatu Gicurasi 2023, ari...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko abantu byibuze 12 barimo abagore bane n’abagabo umunani bakomerekeye mu mpanuka yabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu,...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, ubwo yasuraga ahibasiwe n’ibiza mu Karere ka Rubavu, Intara y’Iburengerazuba, yasabye abaturage babirokotse kwihangana, no kwihanganira Leta mu...
Nyuma yo gukoresha intwaro zikorerwa mu Burusiya bakabona ntacyo bitanga ku rugamba, Visi Minisitiri w’Intebe akaba na Minisitiri w’Ingabo wa DR Congo yerekeje muri Indonesia,...
Mu ma saa sita n’igice z’amanywa (12h30) kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Gicurasi 2023, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yatangiye uruzinduko...