I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Imvura nyinshi yaguye kuri iki Cyumweru tariki 28 Mata 2024, mu bice bitandukanye by’Igihugu, yishe abantu babiri, inasenya inzu z’abaturage mu Mujyi wa Kigali. Umuvugizi...
Umutwe wa M23 wanyomoje amakuru yatangajwe na Radio Okapi y’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri DR Congo, yemezaga ko abarwanyi ba M23 ari bo bateye ibisasu mu...
Kuva mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Mata 2024, mu bice bitandukanye byo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hongeye...
Ibi byagarutsweho kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Mata 2024, mu karere ka Musanze ubwo hasozwaga amahugurwa yahuje inzego zitandukanye agamije kubongerera ubumenyi ku...
Mu kiganiro bagiranye ku murongo wa telefoni, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yaganiriye na mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, aho bagarutse ku ngingo zitandukanye,...
Bimwe mu bihugu biherereye mu Majyarugura ya Afurika (Magreb) ari byo Algeria, Tunisia na Libya, byatangije ibiganiro bigamije gushinga undi muryango wo gusimbura uwa Arab...
Umukuru w’ubutasi bwa gisirikare bwa Israel yeguye ku mirimo ye, avuga ko ari we ukwiye kubazwa ibyo iki gihugu cyananiwe mbere y’igitero cya Hamas muri...
Tariki nk’iyi ya 21 Mata mu mwaka w’1994 yari itariki y’umwijima ukabije ku batutsi cyane cyane bo mu cyahoze ari perefegitura ya Butare na Gikongoro...
APR FC yatsinze Kiyovu Sports igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 27 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, ihita yegukana Igikombe cya Shampiyona ku...