Amizero
Ahabanza Amakuru Imyidagaduro

Bruce Melody yaciye agahigo mu bahanzi nyarwanda

Umuhanzi Bruce Melodie yasinye amasezerano na sosiyete yitwa Food Bundle igurisha ibiribwa, amasezerano afite agaciro kangana na miliyari y’amafaranga akoreshwa mu Rwanda.

Kuri uyu wa kabiri I Kigali mu murwa mukuru w’u Rwanda habaye igikorwa cyo gushyira umukono ku masezerano hagati y’umuhanzi Bruce Melody n’ikigo cy’ubucuruzi cyitwa Food Bundle.

Aya masezerano azamara igihe cy’imyaka 2 agamije kwamamaza ibikorwa by’iki kigo cy’ubucuruzi mu bukangurambaga bwiswe #morefreshlife, bugamije kwigisha abantu kujijuka bagahindura imyumvire mu buzima bujyanye n’uko bahaha bifashishije ikoranabuhanga, abahinzi nabo bakamenya uko bakwiriye gukora ngo ibiribwa bahinga babicuruze mu buryo bugezweho.

Ku itariki ya 20 Kanama 2021 nibwo uyu muhanze yaciye amarenga ku isinywa ry’aya masezerano abinyujijwe ku rukuta rwe rwa twitter ateguza abamukurikira ikintu kidasanzwe kuri iyi tariki.

Ibiganiro hagati y’impande zombi bimaze igihe cy’amezi itandatu ariko uyu muhanzi baganira ku gusinya aya masezerano.

Mu kiganiro n’itangazamakuru ubwo barishyiraga umukono kuri aya masezerano, Shikama Dioscore watangije iyi sosiyete, yavuze ko bashatse gukora amateka y’ibidasanzwe mu ruganda rwa muzika.

Ati “Twashatse guhindura ibisanzwe biba mu ruganda rwa muzika nyarwanda. Ntabwo ibi bintu ari igihuha nibyo.”

Iyi sosiyete yari isanzwe ikorana n’abahinzi 2000, ifite icyerekezo cyo gukuba uwo mubare inshuro 100.

Shikama yakomeje avuga ko bashaka ko bafashijwe na Bruce Melodie, umusaruro w’ibiribwa wangirika uri ku isoko ungana na 40% y’ibba byagejejwe ku isoko, ariko ngo bakaba bifuza kugabanya uyu mubare bikagera ku 10%.

Ku rundi ruhande, umuhanzi Bruce Melodie yatangaje ko yishimiye urwego umuziki we umaze kugeraho.

Ati “Nanjye nishimiye kuba ndi aha. Nishimiye kuba nagiriwe kino cyizere. Nari maze igihe nkora umuziki ariko ntabwo ibintu byari byakageze kuri uru rwego. Niteguye gukorana n’iyi sosiyete neza nk’uko nsanzwe mbigenza.”

Food Bundle ikorera muri Afurika yose ndetse na Dubai na Qatar. Ifasha abantu kugeza umusaruro wabo ku isoko. Ni urubuga rwa Internet rufasha abantu kugura ibiribwa.

Related posts

Kajugujugu ya FARDC yahiye irakongoka ihitana abari bayirimo bose.

N. FLAVIEN

Rubavu: Minisitiri w’Ubutegetsi yasabye ko imirimo yo kubaka isoko ry’aka Karere isubukurwa bitarenze ibyumweru bibiri.

N. FLAVIEN

M23 yinjije abakomando bashya 7437 mu ngabo zayo

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777