Amizero
Amakuru Amakuru mashya Hanze Politike

Iran yagaragaje aho ihagaze ku bijyanye no gutunganya Iranium

Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, yatangaje ko igihugu cye kitazigera kiyambura uburenganzira gifite bwo kwihaza kuri uranium, ashimangira ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika nta yandi mahitamo zigomba kuzabyemera.

Yabitangaje mu ijambo yagejeje ku bitabiriye inama ngarukamwaka yiga ku politiki y’ifaranga, yanyuze ku bitangazamakuru bya Leta.

Perezida Pezeshkian yavuze ko gahunda ya Iran ijyanye n’ingufu za Nikeleyeri izakomeza uko iri, anagaragaza ko ari uburenganzira bw’Igihugu gihabwa n’amategeko mpuzamahanga, nubwo hakomeje kwiyongera igitutu cy’ibihugu byo mu Burengerazuba.

Ibi bije mu gihe mu Busuwisi ku buhuza bwa Qatar, hari kubera ibiganiro hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho ikibazo cy’ikorwa ry’intwaro za Nikeleyeri kiri mu by’ingenzi bikomeje kugibwaho impaka.

Related posts

RDB itewe impungenge n’ubwiyongere bwa ba rushimusi muri Pariki y’Ibirunga

NDAYISHIMIYE Libos

Nyiragongo yongeye gutera abantu ubwoba bikanga ko igiye kongera kuruka.

N. FLAVIEN

Kenya: Perezida Ruto yakoze amavugurura mu buyobozi bukuru bw’ingabo anagena uyobora EACRF.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777