Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Cinema Imikino

Umusifuzi yaguye mu kibuga arapfa ubwo yasifuraga umukino ukomeye.

Peter Kabugo, umwe mu basifuzi basifuraga umukino w’umunsi wa karindwi muri Shampiyona ya Uganda, yapfiriye mu kibuga nyuma yo kugwa hasi mu mukino wahuzaga SC Villa na UPDF.

Ibi byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki 01 Ugushyingo 2024, ubwo amakipe yombi yari yahuriye ku kibuga cya Wankulukuku kiri mu murwa mukuru Kampala.

Ibitangazamakuru byo muri Uganda byatangaje ko ubwo uyu mukino warangiye SC Villa itsinze UPDF ibitego 5-0, wari ugeze ku munota wa 73 Kabugo wasifuraga ku ruhande rw’iburyo yituye hasi mu buryo butunguranye.

Ngo abaganga b’amakipe yombi bihutiye kumuha ubutabazi bw’ibanze, ariko biba ngombwa ko hitabazwa imbangukiragutabara imwihutana kwa muganga nubwo byanze n’ubundi bakamugezayo yashizemo umwuka.

Kugeza ubu ntabwo icyatumye uyu musifuzi wari umaze imyaka itatu asifura mu Cyiciro cya mbere yitaba Imana kiramenyekana, gusa birakekwa ko yaba yagiraga ikibazo cy’umutima kikaba ari cyo cyaba cyatumye agwa bikamuviramo gupfa amarabira. Kabugo, umwe mu basifuzi basifuraga umukino w’umunsi wa karindwi muri Shampiyona ya Uganda, yapfiriye mu kibuga nyuma yo kugwa hasi mu mukino wahuzaga SC Villa na UPDF.

Ibi byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki 01 Ugushyingo 2024, ubwo amakipe yombi yari yahuriye ku kibuga cya Wankulukuku kiri mu murwa mukuru Kampala.

Ibitangazamakuru byo muri Uganda byatangaje ko ubwo uyu mukino warangiye SC Villa itsinze UPDF ibitego 5-0, wari ugeze ku munota wa 73 Kabugo wasifuraga ku ruhande rw’iburyo yituye hasi mu buryo butunguranye.

Ngo abaganga b’amakipe yombi bihutiye kumuha ubutabazi bw’ibanze, ariko biba ngombwa ko hitabazwa imbangukiragutabara imwihutana kwa muganga nubwo byanze n’ubundi bakamugezayo yashizemo umwuka.

Kugeza ubu ntabwo icyatumye uyu musifuzi wari umaze imyaka itatu asifura mu Cyiciro cya mbere yitaba Imana kiramenyekana, gusa birakekwa ko yaba yagiraga ikibazo cy’umutima kikaba ari cyo cyaba cyatumye agwa bikamuviramo gupfa amarabira.

Related posts

Canada: Mu gukingirwa Covid 19 kuri dose ya kabiri ushobora gufata urukingo rutandukanye n’urwo wafashe kuri dose ya mbere.

N. FLAVIEN

Ibihugu bya EU byari byanze ko RDF ihabwa miliyoni 20 z’amadolari byisubiyeho

KALISA

Burundi: Umupadiri aratakamba kubera umusaraba wibwe.

KALISA

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777