Amizero
Amakuru Amakuru mashya Hanze Politike

Visi perezida wa Kenya yagaragaje imirongo ya Bibiliya iri kumufasha muri ibi bihe bigoye ari gucamo.

Visi perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua yatangaje ko hari imirongo ya Bibiliya irimo kumufasha muri ibi bihe bigoye byo kweguzwa ku butegetsi, kandi avuga ko ari we wa mbere bibayeho mu mateka ya Kenya.

Ibi, Gachagua yabitangaje akoresheje urubuga rwa X, nyuma y’uko abadepite 281 muri 349 bagize inteko ishinga amategeko ya Kenya batoye bemeza ko uyu visi perezida Rigathi agomba kuva ku butegetsi, abandi 44 bagatora ko atakweguzwa, mu matora yabaye ku wa Kabiri tariki 08/10/2024, kubera ibyaha bigera kuri 11 ashinjwa birimo no gusuzugura umukuru w’igihugu.

Uwo munsi w’urubanza wari umunsi ukomeye kuri bwana Rigathi Gachagua, nk’uko bikomeje gutangazwa n’ibitangazamakuru by’i Nairobi.

Ibyavuye mu matora y’abadepite bikimara gusohoka, visi perezida Gachagua yahise atanga ubutumwa akoresheje urubuga rwa X, agaragaza imirongo ya Bibiliya irimo kumuha ihumure mu bihe ari gucamo bitamworoheye, ibyo avuga ko biruhije.

Imwe muri iyo mirongo harimo, 1 Abatesalonike 5:18, havuga ngo: “Mu bibaho byose muhore mushima, kuko ari byo Imana ibashakaho muri Kristo Yesu.” Undi murongo ni uwo muri Yeremiya 30:19, uvuga ngo: “Hazavamo gushima n’ijwi ry’abanezerewe, kandi nzabagwiza ntibazaba bake, kandi nzabubahiriza ntibazaba aboroheje.”

Perezida wa Kenya, William Ruto yaje kugira ibyo avuga kuri iyi mirongo ya Bibiliya bwana Gachagua yashize hanze, maze agira ati: “Amen” bivuze ngo ‘bibe bityo’.

Kimwe mu bitangaza makuru byo muri icyo gihugu cya Kenya nk’icyitwa Tuko, cyanditse kuri ubwo butumwa, kigira kiti: “Gachagua ntiyigeze ahahara ku byavuye muri ayo matora y’abadepite kandi batoye ko agomba kuva ku butegetsi.”

Tubibutse ko kuri ubu hasigaye ko Sena yemeza niba Gachagua avaho cyangwa agumaho mu minsi icumi iri imbere kuko Sena igomba kubanza kwiga kuri buri kirego uyu mugabo aregwa ikabona kuzafata icyemezo cyanyuma.

Related posts

Dr Bizimana wayoboraga CNLG yagizwe Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda.

N. FLAVIEN

Imirwano ikomeye yongeye kubura mu burasirazuba bwa DR Congo.

N. FLAVIEN

Karongi: Imodoka ya Fuso yarenze umuhanda ihitana babiri barimo na nyirayo.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777