Amizero
Amakuru mashya Politike

DRC: Abagaba b’ingabo za SADC bahuriye i Goma.

I Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwa mbere habereye inama yahuje abagaba b’ingabo zo mu muryango w’ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC).

Ibiganiro byabo byibanze ku gusuzuma ibikorwa by’ingabo zabo zoherejwe muri iki gihugu cya RDC.

Ni inama yateranye ku itariki ya 01/10/2024, ikaba yari igamije kurebera hamwe imikorere y’ubutumwa bw’Ingabo z’uyu muryango zoherejwe mu Ntara ya Kivu Yaruguru, nyuma y’amezi agera kuri 11 ubu butumwa butangiye, nk’uko byatangajwe na Major Gen Ibhrahim Mike Muhona.

Mu bindi iyi nama yarebeye hamwe nikubijanye n’ibikoresho bya gisirikare abasirikare bari muri ubu butumwa bakoresha.

Aba bayobozi ba gisirikare bo mu bihugu byo mu muryango wa SADC baganiriye no ku mbogamizi ingabo zabo zahuye nazo ku rugamba bavuga n’uko hofatwa izindi ngamba nshya.

Major Gen Muhona yagize ati: “Nyuma yo kubona manda y’umwaka umwe, twakoze ibikorwa, bityo manda y’umwaka iri hafi kurangira. Niyo mpamvu abayobozi bacu basabye ko twakora iryo suzuma kugira ngo ntiturebe iterambere gusa ahubwo tunareba imbogamizi mu bikorwa”.

Ingabo za SADC zoherejwe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo ni izo mu bihugu bya Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzaniya.

Umuyobozi mukuru w’izi ngabo yagize ati: “Nyuma yo guterwa kwa RDC, SADC yahisemo kohereza ingabo ziturutse muri Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzaniya kugira ngo zunganire FARDC mu bikorwa byo kurwanya imitwe y’itwaje imbunda cyane uwa M23.”

Ku rundi ruhande, Abanyekongo bavuga ko izi ngabo za SADC nta nakimwe zigeze zihindura kuko intambara bahanganyemo n’umutwe wa M23, byibuze nta n’agace gato zigeze zambura uyu mutwe, hubwo ukomeza kwigarurira ibindi bice.

Related posts

Burera: Inkongi y’umuriro yibasiye inyubako ya MAGERWA ibicuruzwa birakongoka.

N. FLAVIEN

Igisirikare cy’Ubushinwa mu myitozo ihambaye mu rwego rwo kwihaniza Taiwan.

N. FLAVIEN

Perezida Ndayishimiye akomeje gukubita agatoki ku kandi no kongera ubufasha aha DRC.

KALISA

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777