Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Hanze Politike Ubuzima Umutekano

Visi Perezida wa Malawi yapfuye azize impanuka y’indege.

Visi Perezida wa Malawi, Dr. Saulos Chilima byari byatangajwe ko we n’abandi bagenzi baburiwe irengero nyuma yuko indege barimo ibuze kuri uyu wa Mbere tariki 10 Kamena 2024, yabonetse we na bagenzi be bose bapfuye.

Urupfu rwa Visi Perezida wa Malawi rwemejwe mu itangazo rya Perezidansi ya Malawi rigaragaza ko Perezida wa Repubulika ya Malawi, Dr Lazarus Chakwera ari butangaze amakuru arambuye.

Abantu 10 bose bari muri iyi ndege ya gisirikare harimo na Visi Perezida, Dr Saulos Chilima, babonetse mu ishyamba rya Chikangawa bapfuye kuko indege yaguye ahantu habi kubona ubutabazi bikaba byasaga nk’ibidashoboka.

Iyi ndege yaguye irashwanyuka ku buryo nta n’umwe warokotse.
Inzego z’umutekano n’abashinzwe ubutabazi babonye iyi ndege yaguye mu ishyamba.

Related posts

Amwe mu mateka y’umunsi wo kubeshya wizihizwa tariki 01 Mata buri mwaka.

N. FLAVIEN

Bamwe mu basirikare bakuru ba DR Congo batawe muri yombi bakekwaho kwica inzirakarengane mu Mujyi wa Goma.

N. FLAVIEN

General Muhoozi yageze i Kigali agaragiwe na bamwe mu bayobozi bakuru muri Uganda.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777